Umwe mu bakinnyi bamamaye mu mukino w’iteramakofi bakomeye mu mateka George Foreman, yitabye Imana ku ya 21 Werurwe 2025, afite imyaka 76.
Foreman yamenyekanye cyane kubera umukino w’amateka yahuriyemo na Muhammad Ali mu 1974, uzwi nka Rumble in the Jungle.
Yari yaratwaye igikombe cy’isi cya heavyweight mu 1973, ariko Ali yamutsinze muri uwo mukino waberaga muri Zaïre (ubu ni RDC).
Nyuma yo gusezera ku mukino, Foreman yagarutse mu 1987 maze atsinda Michael Moorer mu 1994, aba umukinnyi mukuru watsindiye igikombe cy’isi afite imyaka 45.
Uretse iteramakofi, yabaye umushabitsi ukomeye kubera ibikoresho byo guteka bya George Foreman Grill ndetse yanabaye umupasiteri.
Foreman yasize abana 12 n’umurage ukomeye mu mukino w’iteramakofi no mu bucuruzi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…