Polisi y’Igihugu cya Kenya yavuze ko abapolisi batandatu bishwe n’abakekwaho kuba bakora iterabwoba b’umutwe wa Al Shabbab bagabye igitero ku kigo cy’inkeragutabara.
Ku Cyumweru, umuvugizi Michael Nyaga Muchiri yatangarije abanyamakuru ko umutwe w’iterabwoba wateye inkambi y’abapolisi i Biyamadhow mu Ntara ya Garissa ku mupaka na Somaliya.
Iki gitero cyabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru maze umuvugizi avuga ko “abakekwaho kuba bitwara gisirikare bakoresheje intwaro zitandukanye kugira ngo bigarurire inkambi”.
Polisi yemeje ko iki gitero cyahitanye abantu batandatu, abandi bantu bane bakomeretse bajyanwe mu bitaro nk’uko iyi nkuru dukesha Reuters ivuga.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…