Polisi y’Igihugu cya Kenya yavuze ko abapolisi batandatu bishwe n’abakekwaho kuba bakora iterabwoba b’umutwe wa Al Shabbab bagabye igitero ku kigo cy’inkeragutabara.
Ku Cyumweru, umuvugizi Michael Nyaga Muchiri yatangarije abanyamakuru ko umutwe w’iterabwoba wateye inkambi y’abapolisi i Biyamadhow mu Ntara ya Garissa ku mupaka na Somaliya.
Iki gitero cyabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru maze umuvugizi avuga ko “abakekwaho kuba bitwara gisirikare bakoresheje intwaro zitandukanye kugira ngo bigarurire inkambi”.
Polisi yemeje ko iki gitero cyahitanye abantu batandatu, abandi bantu bane bakomeretse bajyanwe mu bitaro nk’uko iyi nkuru dukesha Reuters ivuga.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…