RWANDA

Madederi uzwi cyane muri sinema Nyarwanda yongeye kurongorwa

Dusenge Clenia wamamaye nka Madederi muri Sinema Nyarwanda yasezeranye imbere y’amategeko na Rugamba Majabo Faustin.

Advertisements

Uyu Rugamba Faustin bakunze gutazira akazina ka Côte Fort kubera guconga ruhago niwe urongoye Madederi.

Ni umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko kwaba bombi wabereye mu Karere ka Rwamagana.

Madederi n’umukunzi we Rugamba Faustin bamaze igihe bakundana, gusa urukundo rwabo rwasakaye cyane ubwo Rugamba yahaga Madederi impano y’imodoka mu mwaka 2023.

Madederi yongeye kurongorwa mugihe ubusanzwe ari n’umubyeyi w’umwana yabyaranye n’uwari umugabo witwaga Ngiruwonsanga Innocent aho bari barasezeranye imbere y’amategeko mu 2017 ariko bakaza gutandukana ku bwumvikane.

Uyu Rugamba Faustin yakiniye amakipe y’umupira w’amaguru atandukanye mu Rwanda, arimo Zebra FC, Interforce, Musanze FC ndetse n’amwe yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Uyu mukunzi mushya wa Madederi yakomereje ubuzima muri Amerika akaba ari naho akora ubushabitsi.

Madederi na Faustin bamaze igihe mu rukundo
Faustin yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Clenia uzwi nka Madederi

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago