Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za Wazalendo bagabye igitero gihuriweho ku birindiro bya AFC/M23 i Kakuku, muri Walikale.
Ibi byabereye mu Mudugudu uherereye ku birometero 6 gusa uvuye Walikale rwagati kuri axe ya Mubi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Amakuru aturuka muri ako gace avuga ko urufaya rw’amasasu hagati y’impande zombi rwatangiye ku mugoroba wo ku Cyumweru itariki ya 30 Werurwe, rwumvikanaga kugera ku biro bya Teritwari ya Walikale.
Amakuru akomeza avuga ko nyuma y’imirwano, abarwanyi ba Wazalendo basubiye mu gace kataramenyekana nkuko bitangazwa na Radio Okapi.
Ibintu byateje ubwoba mu basivili, bamaze gucika intege kubera amezi menshi y’amakimbirane no guhunga kwinshi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…