IMIKINO

Wayne Rooney wakanyujijeho muri Man Utd, yafashwe ari kwihagarika ku muhanda-Amafoto

Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 30 Werurwe, Wayne Rooney, umwongereza w’icyamamare mu mupira w’amaguru, yafashwe yihagarika ku rukuta rw’umuhanda mu mujyi wa Londres, ubwo yari yasohotse ari kumwe n’inshuti ze.

Advertisements

Uyu mugabo wakanyujijeho ubwo yakiniraga Manchester United, yahagaze inyuma y’igikuta cyiri ku muhanda ahanyura abanyamaguru ni uko maze atangira kucyinyaraho.

Ibi yabikoze nyuma yo gusohokera mu kabari kitwa The Nest rooftop bar gaherereye muri Marylebone yari yasohokeyemo nyuma yo gukora akazi k’ubusesenguzi kuri BBC mu gikombe cya FA Cup.

Bitangazwa ko Rooney w’imyaka 39 yamaze igihe gito mu kabari, akaza gusohoka agiye kwitaba telefoni. N’uko ageze hanze yumva yakubwe yihagarika muri ubwo buryo.

Ibi ntabwo ari ubwa mbere uyu mukinnyi afashwe ari gukora ibi. Mu 2013, yagiye afatwa ari kunyara imbere y’inzu muri Manchester.

N’ubwo ibyabaye bisa nk’ibisanzwe ku bantu benshi, Wayne Rooney ashobora gukurikiranwa n’amategeko cyangwa agacibwa ihazabu bitewe n’amategeko yaho.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago