MU MAHANGA

Ikipe yo muri Amerika yatwaye igikombe cy’isi cy’Abakecuru-AMAFOTO

Ikipe yo muri Amerika ni yo yegukanye Igikombe cy’Isi cy’Abagore Bakuru (Mamies) 2025, cyabereye muri Afurika y’Epfo.

Advertisements

Mu mwaka wa 2025, irushanwa ryiswe Grannies International Football Tournament (GIFT) ryitabiriwe n’amakipe aturutse mu bihugu bitandukanye birimo Kenya, Amerika, Ubufaransa, Afurika y’Epfo, Ubwongereza, Maroc, Togo n’ibindi.

Ikipe ya New England Breakers yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni yo yegukanye igikombe itsinze Les Zamies Foot yo mu Bufaransa kuri penaliti, ku giteranyo cya 10 kuri 9.

Irushanwa ry’uyu mwaka ryabereye muri Afurika y’Epfo kuva tariki ya 2 kugeza kuya 5 Mata 2025, kuri sitade ya Nkowankowa iri ahitwa Tzaneen.

Igihugu cya Kenya ni cyo kizakira iri rushanwa ku nshuro itaha mu mwaka wa 2027.

Christian

Recent Posts

Umushyitsi yasuye Neg G the General apfira mu rugo rwe

Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…

4 days ago

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije #Kwibuka32

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…

6 days ago

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye mu murenge

Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…

1 month ago

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

6 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

7 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

7 months ago