Ikipe yo muri Amerika ni yo yegukanye Igikombe cy’Isi cy’Abagore Bakuru (Mamies) 2025, cyabereye muri Afurika y’Epfo.
Mu mwaka wa 2025, irushanwa ryiswe Grannies International Football Tournament (GIFT) ryitabiriwe n’amakipe aturutse mu bihugu bitandukanye birimo Kenya, Amerika, Ubufaransa, Afurika y’Epfo, Ubwongereza, Maroc, Togo n’ibindi.
Ikipe ya New England Breakers yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni yo yegukanye igikombe itsinze Les Zamies Foot yo mu Bufaransa kuri penaliti, ku giteranyo cya 10 kuri 9.
Irushanwa ry’uyu mwaka ryabereye muri Afurika y’Epfo kuva tariki ya 2 kugeza kuya 5 Mata 2025, kuri sitade ya Nkowankowa iri ahitwa Tzaneen.
Igihugu cya Kenya ni cyo kizakira iri rushanwa ku nshuro itaha mu mwaka wa 2027.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…