MU MAHANGA

Ikipe yo muri Amerika yatwaye igikombe cy’isi cy’Abakecuru-AMAFOTO

Ikipe yo muri Amerika ni yo yegukanye Igikombe cy’Isi cy’Abagore Bakuru (Mamies) 2025, cyabereye muri Afurika y’Epfo.

Advertisements

Mu mwaka wa 2025, irushanwa ryiswe Grannies International Football Tournament (GIFT) ryitabiriwe n’amakipe aturutse mu bihugu bitandukanye birimo Kenya, Amerika, Ubufaransa, Afurika y’Epfo, Ubwongereza, Maroc, Togo n’ibindi.

Ikipe ya New England Breakers yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ni yo yegukanye igikombe itsinze Les Zamies Foot yo mu Bufaransa kuri penaliti, ku giteranyo cya 10 kuri 9.

Irushanwa ry’uyu mwaka ryabereye muri Afurika y’Epfo kuva tariki ya 2 kugeza kuya 5 Mata 2025, kuri sitade ya Nkowankowa iri ahitwa Tzaneen.

Igihugu cya Kenya ni cyo kizakira iri rushanwa ku nshuro itaha mu mwaka wa 2027.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago