Categories: RWANDAUBUKERARUGENDO

Umuhango wo Kwita Izina abana b’Ingagi ugiye gusubukurwa

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwemeje ko umuhango wo Kwita Izina abana b’Ingagi uyu mwaka bizaba.

Advertisements

Bikubiye mu itangazo uru rwego rwashyize hanze, aho rwatangaje ko ibi birori bizaba tariki 5 Nzeri 2025.

Ibi birori bibera mu Karere ka Musanze, ahari Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, byagombaga kuba byarabaye umwaka ushize, biza gusubikwa kubera Icyorezo cya Marburg.

Ubwo byasubikwaga abana b’Ingagi bari bagiye kwitwa amazina yari ku nshuro ya 20.

Uyu muhango witabirwa n’abayobozi batandukanye, abashyitsi baba baturutse hirya no hino ndetse n’abaturage baba baje kwihera ijisho ibi birori biba rimwe mu mwaka.

RDB yemeje ko ibi birori byo kwita izina abana b’Ingagi bigiye kuba ku nshuro ya 20, bivuze ko bizaba bigiye gusubukurwa mugihe byari biteganyijwe kuba umwaka ushize ariko ntibibe.

Abana b’Ingagi bari bateganyijwe kwitwa amazina uwo mwaka 2024, ni 22 nk’uko byemejwe n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago