Categories: MU MAHANGAPOLITIKE

Umusoro ku byuma bya Aluminium ugiye kuzamurwa muri Amerika-Donald Trump

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiye kongera umusoro ukagera kuri 50% ku byuma bya aluminium byinjizwa mu gihugu cye.

Advertisements

Ni muri gahunda ye igamije kurengera ingufu isoko ry’imbere mu gihugu. Ni nyuma y’uko hari hashize iminsi mike imisoro yashyizweho ikumiriwe n’inkiko.

Ati “Tugiye kuzamura umusoro ku byuma uve kuri 25% ugera kuri 50%, ibi bizafasha kurushaho kurengera uru rwego mu gihugu.”

Trump yabivuze ubwo yari mu ruganda rukora ibyuma rwa US Steel, rumwe mu zikomeye ku Isi ruherereye muri Leta ya Pennsylvania.

Kuva Trump yajya ku butegetsi muri manda ye ya kabiri, yatangaje imisoro ku byiciro birimo imodoka n’ibyuma, ndetse yashyiriyeho iremereye ibihugu birimo Canada, u Bushinwa na Mexique no ku bicuruzwa byose byinjira mu gihugu harimo n’ibitaboneka muri Amerika nka cacao.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago