Christian

Abajyanama b’Ubuzima batangiye gupima indwara zitandura zirimo Diyabete n’umuvuduko w’amaraso

Kuri uyu wa 05 Nzeri 2025, ku kigo Nderabuzima cya Kabarore mu Karere ka Gatsibo hatangirijwe ubukangurambaga bwo kwirinda indwara…

3 months ago

Rwanda: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byazamutse

Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, bikaba byiyongereye ugereranyije n’ibyari bimaze amezi abiri bikurikizwa. RURA mu itangazo…

3 months ago

Abanyeshuri 89,1 % batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye, Kayonza ihiga utundi Turere

Kuri uyu wa Mbere tariki 1 Nzeri 2025, ku kicaro cya Minisiteri y’Uburezi hatangarijwe amanota y'abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta…

3 months ago

Abakobwa 11 basoje amasomo y’ubudozi muri ARDPE

Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025, Umuryango ARDPE (Rwandan Association for Development and Environment Protection) washyize ku isoko…

3 months ago

Perezida Kagame yagize Dr. Justin Nsengiyumva Minisitiri w’Intebe, menya byinshi kuri we

Perezida wa Repulika y'u Rwanda Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr.Justin Nsengiyumva, asimbuye Dr Edouard Ngirente wari muri izi…

4 months ago

Abavuga ko SIDA ikizwa n’amasengesho baburiwe

Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa n’amasengesho kuko kugabanuka kw’ingano yayo mu mubiri hari abashobora…

5 months ago

Minisitiri Nduhungirehe yanyomoje amakuru y’ibihuha yatangajwe na RD Congo impamvu yajyanye Dr. Biruta i Doha

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w'u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko Minisitiri…

5 months ago

Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n’umuhungu wa Perezida

Umunyamideli akaba n'umushabitsi Kate Bashabe aravugwa mu rukundo n'umuhungu wa Perezida w'igihugu cya Afurika y'Epfo, Ramaphosa Tumelo. Uyu muhungu wa…

5 months ago

Ayra Starr yongewe mu byamamare bizaririmba muri ‘Giants Of Africa’ izabera i Kigali

Sarah Oyinkansola Aderibigbe wamamaye nka Ayra Starr yongewe mu byamamare bizaririmba mu iserukiramuco rya 'Giants Of Africa' izabera i Kigali.…

5 months ago

Paul Rutikanga ukorera RBA yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we-AMAFOTO

Paul Rutikanga usanzwe ukorera ikigo cy'igihugu cy'itangazamakuru mu Rwanda (RBA) yasezeranye imbere y'amategeko n’umukunzi we witwa Uwera Caroline. Ni umuhango…

5 months ago

Hasobanuwe byimbitse ibikubiye mu masezerano azasinywa hagati y’u Rwanda na RDC-Amb. Olivier Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko kuri uyu wa Gatanu aribwo inyandiko izashyirwaho umukono bityo azaba ari…

5 months ago

Abashakashatsi mu by’ubukungu bateraniye mu nama barebera hamwe uko igihugu cyakwigira kidakomeje gutegera amaboko inkunga y’amahanga

Ihuriro ry'Abashakashatsi mu by'ubukungu 'EPRN' n'abandi bafatanyabikorwa bateraniye mu nama nyunguranabitekerezo iri kubera i Kigali, aho bari kureberera hamwe uko…

5 months ago

Yago yahishuye uko umukunzi we bari baherutse kwibarukana yamucitse

Nyarwaya Innocent wamenyekanye nka Yago mu buhanzi no mu itangazamakuru yakomoje ku nkuru zimaze iminsi zicicikana z’uko yatandukanye n’umukobwa witwa…

5 months ago

Basketball: Imikino ya kamparampaka yo guhanganira igikombe cya Shampiyona (Playoffs) igiye gutangira

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 20 Kamena 2025, haratangira urugamba rwuzegukana igikombe cya Shampiyona ya Basketball 2025 mu Rwanda, aho…

6 months ago

Umwe mu bayobozi bashyizweho na AFC/M23 i Bukavu yarusimbutse

Biravugwa ko Byamungu Casimir wari umuyobozi mukuru wa Komine ya Kadutu iherereye mu mujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’Intara…

6 months ago

RDC yagaragaje impungenge nyuma yaho u Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bwagaragaje impungenge zikomeye nyuma y’aho u Rwanda rwikuye mu muryango w’ubukungu bw’Afrika yo…

6 months ago

OMS yavuze ko ubwoko bushya bwa COVID-19 bwagaragaye bwihuta mu gusakara mu bantu

Umuryango wa OMS wakomoje ku bwoko bwa COVID-19 bushya bwongeye buriho muri iki gihe bivugwa ko aribwo bwihuta cyane mu…

6 months ago

Elon Musk yaburiwe na Se umubyara ku ntambara yishoyemo na Trump

Se wa Elon Musk, Errol Graham Musk, yatangaje ko umuhungu we adashobora gutsinda intambara imuhanganishije na Perezida Donald Trump wa…

6 months ago

Burundi: Kugaragaza amasura y’abagiye gukora akazi ku butasi byanenzwe bikomeye – Amafoto

U Burundi bubinyujije ku rubuga rwa X y'igisirikare cy'igihugu kizwi nka FDNB cyatangaje ko cyungutse abasirikare b'Intasi bari bamaze igihe…

6 months ago

Imodoka itwara abanyeshuri yakoze impanuka ikomeye

Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko…

6 months ago