Kuri uyu wa 1 Kamena 2025, Ubuyobozi bwa Sudani burangajwe imbere na Minisitiri mushya w’Intebe, Kamil Idris, yasheshe guverinoma y’iki…
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haravugwa umugabo watwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Israel zafashwe n’umutwe…
Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n’iz’u Burundi zizakubitwa nabi…
Minisitiri w’Ingabo wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yashinjije igihugu cy’u Bushinwa gushaka gutegura intambara kuri Taiwan, ibintu…
U Rwanda rwongeye guhurira na Qatar mu biganiro bigamije gushakira amahoro n’ituze u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.…
Guverinoma y’igihugu cy'u Bwongereza igiye gushora amafaranga menshi mu nganda za gisirikare mu rwego rwo kwitegura intambara yeruye ishobora kuzagihanganisha…
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ yerekeje muri Algeria, igiye gukina imikino ya gicuti mu rwego rwo kwitegura iyo gushaka itike…
Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yahuye n’abayobozi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve…
Kuwa Gatanu, tariki 30 Gicurasi, Inzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro…
Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko agiye kongera umusoro ukagera kuri 50% ku byuma bya…
Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025, muri Kigali Convention Centre habereye ibirori byo guhemba abakinnyi n'abatoza…
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi uyoboye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 ari bo bapfuye…
Umwe mu bakomando bo mu ihuriro rya Wazalendo basanzwe bafatikanya n’Ingabo za Congo (FARDC) kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho…
Mu gicuku cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025, ahagana ku isaha ya Saa Cyenda, igice cy’agakiriro ka…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zimaze kwirukana Abahinde barenga 1000 kuva muri Mutarama uyu mwaka nk'uko byemejwe na Minisiteri y'Ububanyi…
Umuryango w’Abibumbye watanze imidali y’icyubahiro ku basirikare n’abapolisi baguye mu butumwa bwo kugarura amahoro hirya no hino ku Isi barimo…
Umujyi w'u Rwanda ariwo Kigali wongeye kwiharira imyanya y'imbere mu kwakira inama nyinshi n'ibindi bikorwa ku mugabane wa Afurika 2024,…
Ngaboyisonga Patrick, umusifuzi mpuzamahanga yagaragaye kuri Stade Amahoro yaje gushyigikira ikipe ya APR Fc yegukanye igikombe cya Shampiyona nyuma y'igihe…
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwemeje ko umuhango wo Kwita Izina abana b’Ingagi uyu mwaka bizaba. Bikubiye mu itangazo uru rwego…
Ngũgĩ wa Thiong’o wari umwanditsi w’Ibitabo ukomoka muri Kenya akaba n’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere ubuvanganzo muri…