UBUKUNGU

M23 yishyiriyeho abayobozi bashya bazafasha kugenzura imari

Ihuriro AFC/M23 yatangaje ko yishyiriyeho abayobozi bayo bashya bazayifasha mu kugenzura imari rusange, imisoro, ishoramari no kugenzura ibijyanye n’inguzanyo. Ni…

9 months ago

Perezida Neva yongeye kurikoroza nyuma yo kugereranya Banki Nkuru y’igihugu cye n’iy’u Rwanda

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, utajya wiburira yatangaje imbere y'imbaga ko Banki Nkuru y’igihugu cyabo yagowe no gutera imbere bitewe…

12 months ago

Abafite ubumuga bishimiye Bisi nshya kuko zizaborohereza ingendo

Kuri uyu wa 8 Ukwakira, nibwo ikigo gisanzwe gifite mu nshingano gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange hifashishijwe imodoka zikoresha…

1 year ago

Uruganda rutunganya Professor Waragi rwahize kwegeraza abaturage ibyiza

Uruganda rwenga inzoga rwa Kasesa distillers and  distributors Ltd rwahize umuhigo wo guha Abanyarwanda ibyiza bitagereranywa. Kuri uyu wa Gatatu…

1 year ago

Abana b’Ingagi 22 ni bo bazitwa amazina uyu mwaka

Mu kiganiro n'itangazamakuru, ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) cyatangaje ko mu muhango wo Kwita Izina abana b’ingagi bavutse muri uyu mwaka…

1 year ago

Perezida Neva yakomoje ku biciro bikomeje gutumbagira mu gihugu cye

Mu gihugu cy'u Burundi hakomeje kuvugwa itumbagira rikabije ry'ibiciro bimwe na bimwe by'umwihariko ku isukari, ibi nibyagarutsweho na Perezida Ndayishimiye…

1 year ago

Singapore: Perezida Kagame yagaragaje iterambere u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Paul Kagame uri muri Singapore, yavuze ko u Rwanda rwanyuze mu mateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ko…

1 year ago

Hasohotse inote nshya ya 5.000 Frw n’iya 2.000 Frw

Banki y'igihugu (BNR) yashyize hanze inoti nshya ya 5.000Frw n’iya 2.000Frw isimbura izari zisanzweho. Bimwe mu bizaba biranga inoti nshya…

1 year ago

Huye: Imodoka yaritwaye lisansi yakoze impanuka n’iyaritwaye inyanya

Kuri uyu wa 3 tariki ya 7 Kanama 2024, mu karere ka Huye mu Murenge wa Maraba aho bita mu…

1 year ago

RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro ya lisansi itangomba kurenza amafaranga 1,629 Frw ivuye kuri…

1 year ago