Kuri uyu wa 05 Nzeri 2025, ku kigo Nderabuzima cya Kabarore mu Karere ka Gatsibo hatangirijwe ubukangurambaga bwo kwirinda indwara…
Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa n’amasengesho kuko kugabanuka kw’ingano yayo mu mubiri hari abashobora…
Umuryango wa OMS wakomoje ku bwoko bwa COVID-19 bushya bwongeye buriho muri iki gihe bivugwa ko aribwo bwihuta cyane mu…
Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko…
Biravugwa ko umugabo witwa Zigiranyirazo Joseph w'imyaka 31 warutuye mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yaba…
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haravugwa umugabo watwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Israel zafashwe n’umutwe…
Ngũgĩ wa Thiong’o wari umwanditsi w’Ibitabo ukomoka muri Kenya akaba n’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere ubuvanganzo muri…
Umugore witwa Dusabeyezu Seraphine, wari utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamusenyi, Umurenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango,…
Igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko,…
Teritwari ya Fizi, iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yibasiwe bikomeye n'imyuzure,…