UBUZIMA

Abajyanama b’Ubuzima batangiye gupima indwara zitandura zirimo Diyabete n’umuvuduko w’amaraso

Kuri uyu wa 05 Nzeri 2025, ku kigo Nderabuzima cya Kabarore mu Karere ka Gatsibo hatangirijwe ubukangurambaga bwo kwirinda indwara…

3 months ago

Abavuga ko SIDA ikizwa n’amasengesho baburiwe

Ubuyobozi bw’ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima bugaragaza ko Virusi itera Sida itavuzwa n’amasengesho kuko kugabanuka kw’ingano yayo mu mubiri hari abashobora…

5 months ago

OMS yavuze ko ubwoko bushya bwa COVID-19 bwagaragaye bwihuta mu gusakara mu bantu

Umuryango wa OMS wakomoje ku bwoko bwa COVID-19 bushya bwongeye buriho muri iki gihe bivugwa ko aribwo bwihuta cyane mu…

6 months ago

Imodoka itwara abanyeshuri yakoze impanuka ikomeye

Imodoka yari itwaye abanyeshuri bo ku ishuri rya Ecole Les Poussins riherereye i Gikondo mu Karere ka Kicukiro, bikekwa ko…

6 months ago

Muhanga: Umugabo yasanzwe mu mugozi yapfuye

Biravugwa ko umugabo witwa Zigiranyirazo Joseph w'imyaka 31 warutuye mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mugozi yapfuye bikekwa ko yaba…

6 months ago

Amerika: Umugabo yishe abantu umunani abatwitse

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika haravugwa umugabo watwitse abantu umunani bari mu myigaragambyo y’abantu bifatanyije n’imfungwa zabanya-Israel zafashwe n’umutwe…

6 months ago

Ngũgĩ wa Thiong’o wari umwanditsi w’ibitabo yapfuye

Ngũgĩ wa Thiong’o wari umwanditsi w’Ibitabo ukomoka muri Kenya akaba n’umwe mu bagize uruhare rukomeye mu guteza imbere ubuvanganzo muri…

6 months ago

Ruhango: Umugore warumaze igihe gito akoze ubukwe yasanzwe mu buriri yapfuye

Umugore witwa Dusabeyezu Seraphine, wari utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamusenyi, Umurenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango,…

6 months ago

Bwa mbere, igeragezwa ry’urukingo rwa SIDA ryakorewe mu Rwanda rwatanze icyizere

Igerageza ry’urukingo rw’agakoko gatera SIDA umuntu aterwa rugakangura uturemangingo dushinzwe ubudahangarwa bw’umubiri, rukatwongerera ubushobozi bwo gukora abasirikare barwanya aka gakoko,…

7 months ago

RDC-Fizi: Imyuzure yahitanye abarenga 100

Teritwari ya Fizi, iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yibasiwe bikomeye n'imyuzure,…

7 months ago