UBUZIMA

Abasirikare ba Malawi baherutse kuva muri Congo basanzwemo indwara idakira

Umugaba Mukuru w’ingabo za Malawi, Gen Paul Valentino Phiri, yavuze ko abasirikare babo baherutse gukurwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya…

2 days ago

RBC yagaragaje ko abana bari munsi y’imyaka 12 bangana na 51% bakoze imibonano mpuzabitsina mu mwaka 2023

Minisiteri y'Ubuzima yagiranye ikiganiro n'Abadepite ku ngingo ebyiri zirimo iyerekeye gutwitira undi n'irebana no kwemerera ingimbi n'abangavu uburenganzira busesuye kuri…

2 weeks ago

CIA yatangaje ko bishoboka cyane ko Covid-19 yaba yarakorewe muri laboratwari

Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe Ubutasi, CIA, rwatangaje ko bishoboka cyane ko Covid-19 yasakaye mu bantu ivuye…

1 month ago

Umuhanzi Jose Chameleone yajyanwe kuvurirwa muri Amerika ku bufasha bwa Perezida

Amakuru yabakurikiranira hafi ubuzima bw'umuhanzi Jose Chameleone wo muri Uganda bemeje ko yamaze kujyanwa kuvurirwa muri Leta Zunze Ubumwe za…

2 months ago

Habababyeyi wari umunyamakuru wa RadioTv10 yitabye Imana yaragiye gukora ubukwe

Pascal Habababyeyi wari umunyamakuru wakoreraga Radio/Tv10, yitabye Imana. Yari umwe mu bakoraga muri weekend nk’umwe mu basesengura amakuru yaranze icyumweru.…

2 months ago

MINEMA yakebeye abituje mu manegeka baziko bazahabwa ingurane

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), Maj Gen(Rtd) Albert Murasira, yasabye abatuye ahabashyira mu byago bose kwibwiriza bakahava badategereje ingurane, cyane ku…

4 months ago

The HealthTech Marketplace to solve challenges of millions lack basic healthcare across Africa

The much anticipated Africa HealthTech Marketplace, co-created by the Africa Centers for Disease Control (Africa CDC) and the Digital Impact…

4 months ago

Liam Payne wahoze mu itsinda One Direction yitabye Imana ku myaka 31

Umuhanzi Liam Payne wahoze mu itsinda rya One Direction ryamamaye cyane mu myaka yashize yitabye Imana ku myaka 31. Urupfu…

5 months ago

Goma: Abaherutse kugwa mu mpanuka y’ubwato bashyinguwe mu marira

Imibiri y’abaherutse guhitanwa n’impanuka y’ubwato mu kiyaga cya Kivu yashyinguwe kuri uyu kane mu mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa…

5 months ago

Rulindo: Umuntu bamuketseho Marburg ntiyafashwa kugeza apfuye

Kuwa 6 Ukwakira 2024, mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Murambi ku Kigo Nderabuzima cya Murambi haravugwa inkuru y’Umurwayi wagejejwe…

5 months ago