Umukinnyi w'icyamamare w'umukino wo gusiganwa ku modoka nto uzwi nka Formula 1, Lewis Hamilton yahishuye agahinda k'ihubangana yagize kuva akiri…
Kuri iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, mugihe u Rwanda rukomeje ingamba zo kurwanya ikwirakwizwa ry'icyorezo cya Marburg mu baturarwanda,…
Mu kiganiro n'itangazamakuru cyabaye kuri uyu iki Cyumweru tariki 29 Nzeri 2024, kigaruka ku ishusho rusange cy'icyorezo cya Marburg cyagaragaye…
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Nzeri 2024, Minisiteri y'Ubuzima yemeje ko abantu 6 aribo bamaze gupfa bazize icyorezo cy’indwara…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), ryijeje u Rwanda ubufasha bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Virusi ya Marburg giherutse…
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg. Mu…
Omar al-Bashir, wabaye Perezida wa Sudan imyaka 30, nyuma akaza guhirikwa ku butegetsi, akanatabwa muri yombi n’ubuyobozi bwa gisirikare, yajyanywe…
Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 25, warutuye mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo yasanzwe mu nzu yapfuye, aboshye…
Umuhanzikazi Marina Deborah wamamaye nka Marina mu muziki Nyarwanda yavuze ko ababajwe cyane n’abantu batangaje ko yitabye Imana kandi ari…
Kuri uyu wa Kane taliki 19, Nzeri 2024, Minisiteri y'Ubuzima yatangaje ko Abanyarwanda bagiye gutangira guhabwa urukingo rw’ubushita bw’inkende mu…