UBUZIMA

Nyaruguru: Umugabo arakekwaho kwica umugore we amuziza kumuca inyuma

Mu Kagari ka Samiyonga, mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Nyaruguru, haravugwa umugabo ukekwaho kwica umugore we amuziza kumuca…

1 year ago

Hamenyekanye icyahitanye ubuzima bwa Tito Jackson wari umuvandimwe wa Michael Jackson wari icyamamare

Ku munsi w'ejo kuwa Mbere nibwo Isi yose yatangaje ko umuvandimwe wa Michael Jackson wabaye icyamamare mu muziki, Tito Jackson…

1 year ago

Rusizi: Yakubise ishoka mu mutwe umubyeyi we amwitiranyije n’ikidayimoni

Umusore w’imyaka 26 wo mu Karere ka Rusizi akurikiranyweho gukubita se umubyara ishoka mu mutwe, nyuma yo kumwitiranya n’ikidayimoni ngo…

1 year ago

RD Congo yakiriye impano y’inkingo z’ubushita bw’inkende zaturutse muri Amerika

Kuva mu ntangiriro za 2024, umudipolomate yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakusanyije miliyoni z’amadolari y’inyongera y’inkunga mu by’ubuzima…

1 year ago

Eric yaheze mu muferege agiye gukuramo bateri ya telefone y’umuturage

Umusore witwa Dukuzumuremyi Eric uri mu kigero cy’imyaka 25 usanzwe ucuruza isambusa mu Mujyi wa Rwamagana yaheze mu muferege nyuma…

1 year ago

Rebecca wasiganwaga ku maguru yapfuye nyuma y’uko asutsweho lisansi n’umukunzi we

Umukinnyi mpuzamahanga wasiganwaga ku maguru ukomoka muri Uganda Rebecca Cheptegei yapfuye nyuma y’iminsi micye arembeye mu bitaro byo muri Kenya,…

1 year ago

Rusizi: Umukecuru yasanzwe mu nzu yapfuye

Kantarama Marceline w’imyaka 65 wibanaga mu Mudugudu wa Bahemba, Akagari ka Kangazi, Umurenge wa Nkanka, Akarere ka Rusizi yasanzwe mu…

1 year ago

Gasabo: Abagizi ba nabi bakongeje Lisansi ku nzu y’umuturage nawe ayirimo

Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abantu bivugwa ko ari abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu y'umuturage witwa RUTABAYIRO…

1 year ago

Nyanza: Umusore yakomerekeje mugenzi bapfa indaya

Mu Karere ka Nyanza haravugwa umusore watawe muri yombi akekwaho gukubita no gukomeretsa mugenzi we bapfa umukobwa wigurishaga (indaya). Ibi…

1 year ago

Ruhango: Abavandimwe babiri batonganiye ku gikoma umwe abipfiramo

Maniragaba Alfred w’Imyaka 34 y’amavuko biravugwa ko yatonganye n’Umuvandimwe we bapfa igikoma kugeza ubwo yafataga umwanzuro wo kumukubita kugeza ubwo…

1 year ago