INKURU ZIDASANZWE

Gatsibo: Umukobwa akurikiranweho kwica Mama we, umurambo akawutaba mu nzu

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y’umukobwa witwa Scovia ukekwaho kwica umubyeyi we umubyara witwa Nyirabagande Xavelina wari mu kigero…

2 years ago

Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko Virusi ya Marburg yatangiye kwibasira Abanyarwanda

Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg. Mu…

2 years ago

RIB yacakiye abantu 3 bavugwaho kwiba Moto mu Mujyi wa Kigali bakayijyana i Nyamasheke

Abasore batatu bari munsi y'imyaka 30, bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Macuba mu Karere ka Nyamasheke, aho bakekwaho kwiba…

2 years ago

Kompanyi icuruza amavuta ya ‘Baby Oil’ yavuze ko itagurishije P. Diddy basanganye amacupa asaga 1000

Kompanyi yitwa Costco Wholesale Corporation ikorera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitandukanyije na P. Diddy ukomeje gukurikiranwaho ibibazo byo gufata…

2 years ago

Israel yakomeje intambara yeruye ku mutwe wa Hezbollah

Nyuma yaho Amerika n'ibindi bihugu by'Uburayi bisabye agahenge mu ntambara Israel ikomeje kurwanamo n'umutwe wa Hezbollah, Minisitiri w’Intebe wa Israel,…

2 years ago

Umutwe wa RED-Tabara wemeje ko wishe ingabo z’u Burundi

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wavuze ko wivuganye abasirikare babarirwa muri 20 barimo ab’igihugu cy'u Burundi n'inyeshyamba za…

2 years ago

Gasabo: Umukobwa yasanzwe yapfiriye mu nzu yabagamo

Umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 25, warutuye mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo yasanzwe mu nzu yapfuye, aboshye…

2 years ago

Ifungwa ry’umuraperi P. Diddy ryari ryarahanuwe

Hahishuwe amashusho y'umuraperi Sean Diddy Combs wamamaye nka P. Diddy, aho yari yaravuze ko azafungwa ni ibintu yahanuye mu myaka…

2 years ago

Yago yatabarije abahanzi bahawe amarozi bigatuma bazima mu muziki

Umunyamakuru Nyarwaya Innocent ubifatanya n'ubuhanzi nka Yago Pot Dat yavuze ko hari abahanzi bibasiwe biturutse muri bagenzi babo byatumye impano…

2 years ago

Umuhanzi Serpha yashize umucyo ku kibazo cy’umuhungu mugenzi we wavuze ko bakundanye akamuhemukira

Umuhanzi Cyusa Alpha Serge yigaritse ibyatangajwe n'umusore witwa Shyaka Blaise uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Blaise Niels wamushinje kumubeshya urukundo,…

2 years ago