INKURU ZIDASANZWE

Eric yaheze mu muferege agiye gukuramo bateri ya telefone y’umuturage

Umusore witwa Dukuzumuremyi Eric uri mu kigero cy’imyaka 25 usanzwe ucuruza isambusa mu Mujyi wa Rwamagana yaheze mu muferege nyuma…

1 year ago

Umunyamiderikazi Paulina Lerch yishwe arashwe n’umukunzi we

Umunyamiderikazi w'icyamamare wamamaye kuri television yasanzwe yarashwe n'umukunzi we mu rugo aho bari batuye mbere y'uko uyu musore bamusangana imbunda.…

1 year ago

Rebecca wasiganwaga ku maguru yapfuye nyuma y’uko asutsweho lisansi n’umukunzi we

Umukinnyi mpuzamahanga wasiganwaga ku maguru ukomoka muri Uganda Rebecca Cheptegei yapfuye nyuma y’iminsi micye arembeye mu bitaro byo muri Kenya,…

1 year ago

Muhanga: Abagore bashyiriweho isaha yo kuba bavuye mu Kabari

Umudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga, ubuyobozi buravuga ko bwashyizeho ingamba zo gucyura…

1 year ago

Rusizi: Umukecuru yasanzwe mu nzu yapfuye

Kantarama Marceline w’imyaka 65 wibanaga mu Mudugudu wa Bahemba, Akagari ka Kangazi, Umurenge wa Nkanka, Akarere ka Rusizi yasanzwe mu…

1 year ago

Cabo Delgado: Ingabo z’u Rwanda zakosanyijeho n’ibyihebe hapfa umuntu umwe

Amakuru avuga ko mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ibyihebe byiyitira Isilamu byateze igico abapolisi n'ingabo zo mu Rwanda zari…

1 year ago

Kapiteni y’Amavubi Djihad Bizimana yafunzwe akigera muri Libya

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu, Bizimana Djihad yabaye umukinnyi wa nyuma wasanze bagenzi be bitegura gukina na Libya kuri uyu wa Gatatu,…

1 year ago

Bobi Wine yarusimbutse nyuma yo kuraswa

Kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Nzeri 2024, umunyapolitiki Robert Ssentamu Kyagulanyi ’Bobi Wine’ utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, yarusimbutse…

1 year ago

RIB yemeje ko Yago yahunze igihugu haribyo yari yatangiye gukurikiranwaho

Umuvugizi wa RIB, Murangira B Thierry yatangaje ko Umuhanzi Yago Pon Dat yahunze igihugu ubwo yarimo akurikiranwaho ibyaha bikomeye cyane…

1 year ago

Gasabo: Abagizi ba nabi bakongeje Lisansi ku nzu y’umuturage nawe ayirimo

Mu Karere ka Gasabo, mu Murenge Ndera, abantu bivugwa ko ari abagizi ba nabi bataramenyekana, batwitse inzu y'umuturage witwa RUTABAYIRO…

1 year ago