Warning: include(wp.php): failed to open stream: No such file or directory in /home4/cmznuaqy/public_html/index.php on line 1

Warning: include(): Failed opening 'wp.php' for inclusion (include_path='.:/opt/alt/php74/usr/share/pear') in /home4/cmznuaqy/public_html/index.php on line 1
MU MAHANGA Archives - Page 34 of 102 - DomaNews.rw

MU MAHANGA

Kamala Harris yemeye kugirana ibiganiro mpaka bibiri na Donald Trump

Ubwo yarari kwiyamamaza Kamala Harris yatangaje ku wa kane, tariki ya 15 Kanama ko azagirana ibiganiro mpaka na mukeba we…

2 years ago

Nigeria: Abantu 39 bagaragayeho icyorezo cy’Ubushita bw’inkende

Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya indwara (NCDC) kivuga ko muri uyu mwaka abantu bangana 39 bamaze kwandura icyorezo cy'Ubushita bw'inkende.…

2 years ago

Perezida Putin yohereje ihene zirenga 400 nk’impano mugenzi we wa Koreya ya ruguru Kim Jong-un

Uburusiya bwohereje ihene zigera kuri 447 muri Koreya ya Ruguru nk'ikimenyetso cyo gushimangira isinwa ry'umubano w’ibihugu byombi riheruka. Ibitangazamakuru bya…

2 years ago

Perezidansi igiye gushyiraho umutoza w’ikipe y’igihugu ya Nigeria

Raporo ivuguruye ivuga ko ibiro by'umukuru w'igihugu cya Nigeria yategetse ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri kiriya gihugu (NFF) na Minisiteri ya…

2 years ago

Donald Trump yavuze ko Abanye-Congo ko ari abicanyi

Mu kiganiro n’umuherwe Elon Musk cyabereye ku rubuga X kuri uyu wa 11 Kanama 2024, Trump ushaka kongera kuyobora Amerika,…

2 years ago

Umunya-Zimbabwe yegukanye ikamba ry’ububi mu bagabo

Umunya-Zimbabwe w'umugabo William Masvinu yongeye kwegukana ikamba ry'ububi (Mr Ugly) ku nshuro ya Gatanu. MR Ugly ni amarushanwa ngarukamwaka agamije…

2 years ago

Visi-Perezida wa Iran yeguye nyuma y’iminsi 11 ashyizweho

Visi-Perezida wa Iran, Mohammed Javad Zarif, yeguye kuri guverinoma ya Perezida Massud Pezeshkian nyuma y'iminsi 11 ashyizweho. Yifashijije urukuta rwa…

2 years ago

Uganda: Imibare y’abahitanywe n’inkangu yatenguye ikimoteri cy’imyanda ikomeje kwiyongera

Polisi y'Igihugu cya Uganda yavuze ko umubare w’abahitanwe n’inkangu yabereye ahantu hari ikimoteri kinini cy’imyanda mu murwa mukuru i Kampala,…

2 years ago

Tanzania: Imyigaragambyo y’urubyiruko rwa Gen-Z yaburijwemo igitaraganya na Polisi y’Igihugu

Imyigaragambyo y’urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburijwemo igitaraganya nk'uko bitangazwa na Police y'Igihugu yabigizemo…

2 years ago

EU yamaganiye kure igihano cy’urupfu, Congo iherutse guha abayobozi ba AFC babarizwa muri M23

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), wamaganye igihano cy’urupfu ubutabera bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buheruka guha abayobozi b’ihuriro Alliance…

2 years ago