KWIYAMAMAZA

Paul Kagame yahinyuje imvugo yavugaga ko igihugu cy’u Rwanda ari gito ubwo yiyamamarizaga i Muhanga

Paul Kagame yongeye gukomoza ku byavugwaga kuri politike ya kera ko u Rwanda ari ruto avuga ko ibyo bavugaga bihabanye…

1 year ago

‘Gutora 100% n’amahitamo y’Abanyarwanda’ Paul Kagame asubiza abakomeje kunenga Demokarasi y’u Rwanda

Perezida Kagame yibukije abanenga Demokarasi y’u Rwanda y’uko atorwa hafi 100% ko ibyo abanyarwanda bakora aribo biba bireba ndetse ko…

1 year ago

FPR-Inkotanyi yahumurije umuryango wabuze uwabo mu muvundo w’igikorwa cyo kwamamaza umukandida wayo

Umuryango FPR-Inkotanyi wihanganishije umuryango wabuze uwabo mu mubyigano wabaye abantu bataha bavuye kwiyamamaza k’umukandida wawo Paul Kagame n’abadepite bazawuhagararira mu…

1 year ago

Nta cyiza nko kubabera umuyobozi-Umukandida wa RPF Inkotanyi, Paul Kagame

Kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Kamena 2024, nibwo umukandida w'umuryango wa RPF Inkotanyi yatangiye ibikorwa yo kwiyamamaza ku mwanya…

1 year ago

Muruturuturu, abanyamusanze bari babukereye bajya kumva imigabo n’imigambi y’umukandida wa FPR Inkotanyi

Saa saba, i Musanze batangiye urugendo berekeza Busogo aho umukandida wa FPR Inkotanyi, Perezida Kagame aributangirire gahunda ye yo kwiyamamaza…

1 year ago

Amateka y’Abakandida bemerewe kuziyamamariza kuyobora u Rwanda

Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri…

1 year ago

Haratangazwa urutonde ntakuka rw’abakandida bemerewe guhatanira kuyobora u Rwanda

Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kamena 2024, ari bwo Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza urutonde ntakuka rw’abazahatana mu…

1 year ago

Diane Rwigara yatanze kanditatire ku mwanya wa Perezida ibyangombwa bimwe birabura

Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Shema Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza mu 2017 ariko bikaza…

2 years ago

Barafinda yatanze kandidatire ya Perezida avuga imihigo yo kubaka Perezidansi 5 mu gihugu

Barafinda Sekikubo Fred uvuga ko ari umunyepolitiki ufite impamvu 200 yagejeje ubusabe bwe muri Komisiyo y’igihugu y’amatora asaba kwemererwa kuba…

2 years ago