POLITIKE

Abayobozi i Burundi bafunzwe bazira kuvuga ibigwi umutwe wa M23 muri RD Congo

Amakuru aturuka mu Burundi aravuga ko hari abayobozi bakomeye barimo abantu bane bo mu muryango umwe bafungiwe muri Gereza Nkuru…

11 months ago

Putin agiye guhagarika intambara na Ukraine

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Perezida w’icyo gihugu, Vladimir Putin, yiteguye kwinjira mu biganiro bishobora…

11 months ago

U Bushinwa bwihimuye ku cyemezo giheruka gufatwa na Trump

U Bushinwa bwihimuye ku cyemezo giheruka gushyirwaho na Trump butangaza inyongera y’umusoro ungana na 34% ku bicuruzwa bizajya bibwinjiramo biturutse…

11 months ago

Ihuriro AFC/M23 ryemeje ko ryakuye abasirikare baryo mu Mujyi wa Walikale

Ihuriro AFC/M23 ryemeje ko ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Walikale mu gushyira mu bikorwa ibyo ryari ryemeje ku wa…

11 months ago

Perezida wa Koreya y’Epfo yegujwe ku butegetsi

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 Mata 2025 Urukiko Rukuru rushinzwe kubahiriza itegeko nshinga muri Koreya y’Epfo rwemeje ko…

11 months ago

Guverinoma y’u Rwanda yemeje urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije

Ku munsi w'ejo kuwa Kane tariki 3 Mata nibwo hatangiye gucicikana amakuru avuga ko Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa…

11 months ago

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Guverinoma yitabye Imana

Alain Mukuralinda wari umuvugizi wungirije wa Guverinoma y'u Rwanda yitabye Imana azize uburwayi butunguranye. Amakuru avuga ko yazize uburwayi bwa…

11 months ago

Uwari Guverineri ku butegetsi bwa Tshisekedi yisunze M23

Joseph-Stéphane Mukumadi, wari mu bayobozi ba Tshisekedi akaba yari Guverineri w’Intara ya Sankuru, yemeje ko yisunze ihuriro rya AFC/M23 rikomeje…

11 months ago

Tshisekedi yagabanyirije ibihano abanyamerika bari bahamijwe no gushaka guhirika ubutegetsi bwe

Umukuru w'igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Tshisekedi, yategetse ko Abanyamerika bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamwa n'icyaha…

11 months ago

RDC-Kisangani: Abaturage basabwe kutagira ubwoba mugihe M23 iri hafi kubageraho

Kuwa Mbere tariki 31 Werurwe, ubwo hafungurwaga inama isanzwe yo muri uko Kwezi, Perezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga…

11 months ago