POLITIKE

Donald Trump yemeje ko natorerwa kuyobora Amerika azayikura mu ntambara Ukraine imaze igihe irimo

Kandida Perezida Donald Trump uhatanira kongera kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’America, yemeje ko naramuka atsinze amatora ateganyijwe uyu mwaka azahita…

1 year ago

Perezida Tshisekedi yongeye gusabira ibihano u Rwanda mu nama ya ONU

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yongeye gusaba amahanga gufatira u Rwanda ibihano, dore ko atari ubwa…

1 year ago

Umutwe wa RED-Tabara wemeje ko wishe ingabo z’u Burundi

Umutwe wa RED-Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, wavuze ko wivuganye abasirikare babarirwa muri 20 barimo ab’igihugu cy'u Burundi n'inyeshyamba za…

1 year ago

Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 bashya

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Perezidansi ya Repubulika y'u Rwanda, rivuga ko ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika…

1 year ago

Donald Trump yavuze ko naramuka atsinzwe amatora ateganyijwe uyu mwaka ntayandi azongera kwitabira

Donald Trump wigeze kuyobora Amerika, yeruye avuga ko naramuka atsinzwe amatora ateganyijwe tariki 5 Ugushyingo uyu mwaka ahanganyemo na visi…

1 year ago

Uganda: Gen Muhoozi yahakanye ibyo gusimbura Se ku butegetsi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atakiri mu nzira zo kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu…

1 year ago

Singapore: Perezida Kagame yagaragaje iterambere u Rwanda rwagezeho nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Paul Kagame uri muri Singapore, yavuze ko u Rwanda rwanyuze mu mateka ashaririye ya Jenoside yakorewe Abatutsi, ariko ko…

1 year ago

RDC ikomeje kwitambika gahunda yo gusenya umutwe wa FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Thérèse Wagner, biravugwa ko yateye utwatsi gahunda yo gusenya umutwe wa…

1 year ago

Donald Trump yongeye gusimbuka urupfu

Donald Trump yatabawe igitaraganya n’inzego zishinzwe umutekano nyuma y’aho umuntu ashatse kumwicira mu rugo rwe ruri muri Leta ya Florida…

1 year ago

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo yaguye igihumure ubwo yavugaga ijambo mu giterane

Paul Mashatile usanzwe ari Visi Perezida wa Afurika y'Epfo yaguye ubwo yagezaga ijambo ku giterane cyo kwibuka itangizwa ry’umuyobozi gakondo…

1 year ago