POLITIKE

Menya byinshi birimo n’umushahara agenerwa-Dr Ngirente Edouard wongeye kugirwa Minisitiri w’Intebe

Tariki ya 13 Kanama 2024, Dr NGIRENTE Edouard yongeye kugirirwa icyizere na Nyakubahwa Perezida wa Republika maze akomeza umwanya yari…

2 years ago

Nyuma yo kugirwa Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yashimiye Perezida Kagame

Dr Ngirente Edouard yashimiye Perezida Paul Kagame wongeye kumugirira icyizere akamugira Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda. Mu butumwa yanyujije ku rukuta…

2 years ago

Donald Trump yavuze ko Abanye-Congo ko ari abicanyi

Mu kiganiro n’umuherwe Elon Musk cyabereye ku rubuga X kuri uyu wa 11 Kanama 2024, Trump ushaka kongera kuyobora Amerika,…

2 years ago

Perezida Kagame yongeye kugira Dr Ngirente Edouard Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yongeye kugirira icyizere Dr Ngirente Edouard amugira Minisitiri…

2 years ago

Visi-Perezida wa Iran yeguye nyuma y’iminsi 11 ashyizweho

Visi-Perezida wa Iran, Mohammed Javad Zarif, yeguye kuri guverinoma ya Perezida Massud Pezeshkian nyuma y'iminsi 11 ashyizweho. Yifashijije urukuta rwa…

2 years ago

Tanzania: Imyigaragambyo y’urubyiruko rwa Gen-Z yaburijwemo igitaraganya na Polisi y’Igihugu

Imyigaragambyo y’urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburijwemo igitaraganya nk'uko bitangazwa na Police y'Igihugu yabigizemo…

2 years ago

Perezida Kagame yarahiriye kuyobora Manda nshya yizeza Abanyarwanda kuzarenzaho ibyo yabagejejeho

Kuri iki Cyumweru tariki 11 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda ya Kane izamara…

2 years ago

Hatangajwe imihanda yihariye izakoreshwa n’abashyitsi mu muhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame

Umujyi wa Kigali watangaje imwe mu mihanda yihariye izakoreshwa n'abashyitsi mu muhango w'irahira rya Perezida Paul Kagame riteganyijwe kuri iki…

2 years ago

Menya abakuru b’ibihugu barenga 20 bategerejwe mu muhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame

Abakuru b’ibihugu barenga 20 biganjemo aba hano ku mugabane wa Afurika, bategerejwe i Kigali aho bagomba kwitabira umuhango w’irahira rya…

2 years ago

EU yamaganiye kure igihano cy’urupfu, Congo iherutse guha abayobozi ba AFC babarizwa muri M23

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), wamaganye igihano cy’urupfu ubutabera bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buheruka guha abayobozi b’ihuriro Alliance…

2 years ago