Tariki ya 13 Kanama 2024, Dr NGIRENTE Edouard yongeye kugirirwa icyizere na Nyakubahwa Perezida wa Republika maze akomeza umwanya yari…
Dr Ngirente Edouard yashimiye Perezida Paul Kagame wongeye kumugirira icyizere akamugira Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda. Mu butumwa yanyujije ku rukuta…
Mu kiganiro n’umuherwe Elon Musk cyabereye ku rubuga X kuri uyu wa 11 Kanama 2024, Trump ushaka kongera kuyobora Amerika,…
Kuri uyu wa Kabiri, tariki 13 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yongeye kugirira icyizere Dr Ngirente Edouard amugira Minisitiri…
Visi-Perezida wa Iran, Mohammed Javad Zarif, yeguye kuri guverinoma ya Perezida Massud Pezeshkian nyuma y'iminsi 11 ashyizweho. Yifashijije urukuta rwa…
Imyigaragambyo y’urubyiruko rubarizwa mu ishyaka rya Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania yaburijwemo igitaraganya nk'uko bitangazwa na Police y'Igihugu yabigizemo…
Kuri iki Cyumweru tariki 11 Kanama 2024, Nyakubahwa Perezida Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda ya Kane izamara…
Umujyi wa Kigali watangaje imwe mu mihanda yihariye izakoreshwa n'abashyitsi mu muhango w'irahira rya Perezida Paul Kagame riteganyijwe kuri iki…
Abakuru b’ibihugu barenga 20 biganjemo aba hano ku mugabane wa Afurika, bategerejwe i Kigali aho bagomba kwitabira umuhango w’irahira rya…
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), wamaganye igihano cy’urupfu ubutabera bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buheruka guha abayobozi b’ihuriro Alliance…