Kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kamena 2024, Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu ndetse…
Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo yongeye gutora Cyril Ramaphosa nk’umukuru w’igihugu nyuma y’aho habaye ubwumvikane hagati y’ishyaka riri ku…
Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri…
Perezida Paul Kagame ubwo yakiraga indahiro z'abayobozi bashya baherutse gushyirwa mu myanya muri Guverinoma yabibukije ko bakwiriye kumenya ko atari…
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki 14 Kamena 2024, ari bwo Komisiyo y’igihugu y’amatora itangaza urutonde ntakuka rw’abazahatana mu…
Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma ashyira abayobozi bashya mu myanya barimo Amb Nduhungirehe Olivier wagizwe Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga…
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego by’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNCHR, birushinja gufata nabi abimukira n’abasaba ubuhungiro kuko bidafite…
Ingabo z’u Rwanda, zifasha iza Mozambique mu kurwanya ibyihebe, ziravuga ko zishe byibuze ibyihebe [abajihadiste] 70 mu gace ka Mbau,…
Saulos Chilima wari Visi Perezida wa Malawi n'abagenzi bose bari kumwe mu ndege bapfuye. Iby'uru rupfu byemejwe na Perezida wa…
Ku wa Gatanu tariki ya 7 Kamena ni bwo Inteko Ishinga Amategeko yanditse ku rubuga rwayo rwa X ko Perezida…