Kuwa 7 Kamena 2024, Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’Umuyobozi wa EAC, Salva Kiir Mayardit, yayoboye inama idasanzwe yasojwe yemerejwemo…
Ibiro bya Minisitiri w’intebe wa Denmark Mette Frederiksen byatangaje ko nyuma yo gusagarirwa arimo kugenda n’amaguru mu muhanda wo mu…
Ishyaka Front Citoyen pour la Dignité du Congo FCDC ryatangaje ko ryahisemo kwiyunga ku ihuriro AFC ribamo umutwe wa M23,…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahawe Impamyabumenyi y’Ikirenga y’Icyubahiro na Kaminuza ya Yonsei muri Korea y’Epfo. Ni impamyabumemyi…
Umunya-Mexique Madamu Claudia Sheinbaum mu ishyaka Morena party yarushije amajwi bagenzi be bose bari bahanganye kuva amajwi yatangira kubarwa kugeza…
Donald Trump wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Amerika, yahamijwe ibyaha 34 akurikiranyweho bifitanye isano n’inyandiko mpimbano, ku mafaranga bivugwa…
Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Gicurasi 2024 nibwo Diane Shema Rwigara wigeze gushaka kwiyamamaza mu 2017 ariko bikaza…
Barafinda Sekikubo Fred uvuga ko ari umunyepolitiki ufite impamvu 200 yagejeje ubusabe bwe muri Komisiyo y’igihugu y’amatora asaba kwemererwa kuba…
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma y’aho muri iyi minsi hongeye kwaduka ibikorwa by’abakoresha itangazamakuru bibasira ubuyobozi bw’Igihugu n’abaturage muri…
Umuturage wo mu murenge wa Busasamana, mu Karere ka Rubavu waragiraga ihene zigera muri 25 mu kibaya gihuza Repubulika Iharanira…