RWANDA

Sandra Teta wavuzweho gukubitwa bikomeye n’umugabo we yamugize Umujyanama mu by’umuziki

Douglas Mayanja [Weasel] uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru w’ibikorwa bya Goodlyfe Music, yahaye umugore we Sandra Teta inshingano zo kumubera Umujyanama…

1 year ago

Uwari Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda yitabye Imana

Kuri uyu wa 19 Nyakanga 2024, nibwo Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Misfer bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani, yitabye Imana.…

1 year ago

APR Fc ikomeje kwimana u Rwanda mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup irimo kubera muri Tanzania

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Nyakanga 2024 nibwo hakomezaga imikino ya ½ cya CECAFA Kagame Cup imaze iminsi…

1 year ago

Polisi y’u Rwanda yashimiye Abanyarwanda uko bitwaye mu bihe by’amatora

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko ibikorwa byo kwiyamamaza n’amatora byagenze neza, birangira mu mutekano usesuye. Polisi…

1 year ago

Haruna Niyonzima uherutse kugurwa na Rayon Sports yemeye ko ashaje ariko adasaziye ubusa

Haruna Niyonzima uherutse gusinyira ikipe ya Rayon Sports, ariko ntibivugweho rumwe n'abakunzi b'iy'ikipe kubera imyaka, yabasubije ko imyaka atariyo ikora…

1 year ago

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ ntiyazamutse cyangwa imanuke ku rutonde rwa FIFA

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 18 Nyakanga 2024 nibwo Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryasohoye uko amakipe y’ibihugu…

1 year ago

Umunyarwanda wigaga igisirikare muri Canada yapfiriye mu mpanuka

Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024, habaye impanuka ikomeye i Sheffield, mu Majyepfo ya…

1 year ago

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yasabiwe igifungo cy’imyaka 5

Ubujurire bw'ubushinjacyaha bw'Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge bwasabiye igifungo cy'imyaka itanu mu buroko, umunyamakuru Nkundineza Jean Paul. Muri uru rubanza, Ubushinjacyaha…

1 year ago

REG WBBC yaguze umunyamerika Kristina King Morgan uri mu bakinnyi beza

REG WBBC yamaze kugura Umunyamerika Kristina Morgan King wakiniraga SBL Khasyn Khuleguud Becks yo muri Mongolia. Kristina King Morgan ni…

1 year ago

Riderman na Bull Dogg bagiye guhurira ku rubyiniro rumwe mu gitaramo kivuga Hip Hop

Mugihe abakunzi ba Hip Hop bagiye babisaba kenshi, abaraperi udashidikanya ko bakomeye u Rwanda rufite kugeza magingo aya aribo Riderman…

1 year ago