IMIKINO

Ibyamamare mu iteramakofe Mayweather na Pacquiao bashobora kumvana imitsi i Kigali

Umunyamakuru wo muri Uganda, Andrew Mwenda yahishuye ko ibyamamare mu iteramakofe Mayweather na Pacquiao bashobora kurwanira ku butaka bw'u Rwanda.…

7 months ago

Patriots BBC yasinyishije umunyamerika wakiniye muri Mexique Stephaun Branch

Ikipe ya Patriots BBC yasinyishije umukinnyi witwa Stephaun Branch ukomoka muri Leta Zunze za Amerika wakinye muri shampiyona yo muri…

7 months ago

Police Fc yerekeje muri Algeria mu rugendo rutangira imikino ya CAF Confederation

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 12 Kanama 2024, ni bwo ikipe ya Police fc yahagarutse mu Rwanda…

7 months ago

Rayon Sports yazanye rutahizamu wakinye muri shampiyona yo mu Bufaransa

Amakuru aravuga Rayon Sports yaraye yakiriye rutahizamu mushya ukomoka muri Cameroon Aziz Bassane wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ba…

7 months ago

Police Fc yegukanye igikombe kiruta ibindi ‘Super Cup’ itsinze APR Fc

Ikipe ya Police Fc yegukanye igikombe kiruta ibindi 'Super Cup' itsinze APR Fc kuri penaliti 6-5. Ni umukino wari warangiye…

7 months ago

APR BBC yegukanye igikombe cy’irushanwa rya Rwanda Cup 2024-AMAFOTO

Ikipe ya APR BBC yatsinze REG BBC amanota 110-92 yegukana irushanwa rya ‘Rwanda Cup 2024’ yakinwaga ku nshuro ya mbere.…

7 months ago

Sugira Ernest warumaze igihe adakina yatangajwe mu bakinnyi Kiyovu Sports izakoresha 2024/25

Nyuma y’igihe adafite ikipe rutahizamu Sugira Ernest yasinyiye Kiyovu Sports, avuga ko agomba gukora cyane akagaruka mu ikipe y’igihugu Amavubi.…

7 months ago

Hamenyekanye abasifuzi bazaca impaka mu mukino wo guhatanira igikombe cya Super Cup uzahuza APR Fc na Police Fc

Umukino wa nyuma w'igikombe cya Super Cup uzaba ku wa Gatandatu Saa Cyenda kuri Kigali Pelé Stadium, wahawe umusifuzi Ishimwe…

7 months ago

Myugariro Ishimwe Christian yasinyiye ikipe yo muri Maroc

Ikipe ya Renaissance Club Athletic Zemamra yo muri Maroc yasinyishije myugariro w’umunyarwanda Ishimwe Christian amasezerano y’umwaka umwe avuye muri Police…

7 months ago

Pepe yasezeye gukina ruhago

Umunya-Portugal Kepler Laveran de Lima Ferreira wamenyekanye nka Pepe mu makipe akomeye nka Real Madrid na FC Porto yasezeye gukina…

7 months ago