IMIKINO

U Rwanda rwamenye agakangara muri tombola y’amatsinda yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika

Impuzamashyirahamwe ry’Umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yemeje ko Tombola y’amatsinda y’igikombe cy’Afrika 2025, izabera i Johannesburg ku ya 04 Nyakanga…

1 year ago

Rayon Sports yegukanye Muhadjili na Omborenga

Ikipe ya Rayon Sports yegukanye abakinnyi barimo Hakizimana Muhadjili wakiniraga Police Fc na Omborenga Fitina wa APR Fc mu rwego…

1 year ago

Rayon Sports ishaka kwandikira amateka muri sitade Amahoro yamanuye ibikonyozi mu myitozo

Kuri uyu wa Gatatu tariki 12 Kamena 2024, Ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo yitegura mukeba wayo APR FC aho…

1 year ago

Imbamutima za Kwizera Jojea watsindiye igitego cy’intsinzi Amavubi bwa mbere yarahamagawe

Rutahizamu mushya w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Jojea Kwizera yatangaje ko yishimiye guhesha igihugu cye intsinzi ndetse n’uko yakiriwe muri rusange. Mu…

1 year ago

Messi yavuze ikipe azasorezamo gukina ruhago

Umunyabigwi mu mupira w'amaguru Lionel Messi yahishuye ko Inter Miami abarizwamo kuri ubu ariyo kipe ye ya nyuma mugihe nahagarika…

1 year ago

Manchester United yisubiye ku cyemezo cyo kwirukana umutoza Ten Hag

Ubuyobozi bwa Manchester United buhagarariwe n'umuherwe Sir Jim Ratcliffe bwisubiye ku cyemezo cyo kwirukana umutoza Ten Hag ahubwo itangira inzira…

1 year ago

Amavubi yongeye gushimisha Abanyarwanda mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’Isi

Mu rugendo rwo gushaka itike y'igikombe cy'Isi kizaba mu mwaka wa 2026, ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi yatsinze Lesotho igitego…

1 year ago

Robinho wakanyujijeho mu makipe akomeye ku Isi ubuzima bukomeje kumusharirira muri gereza

Robinho wakanyujijeho muri ruhago ku rwego mpuzamahanga ari kwiga umwuga mushya wo gukanika Televiziyo na Radiyo muri gereza nyuma yo…

1 year ago

Real Madrid yahinduye umuvuno ku gukina igikombe cy’Isi cy’amakipe

Nyuma y'uko bihwihwishwe ko ikipe ya Real Madrid yo muri Espagne itazakina igikombe cy'Isi cy'amakipe, kuri ubu umutoza yemeje ko…

1 year ago

APR Fc ishobora kwegukana umutoza mushya ukomoka muri Serbia

Darko Nović ukomoka muri Serbia, ashobora kugirwa umutoza mushya wa APR FC iheruka gutandukana na Thierry Froger mu mpera z’umwaka…

1 year ago