IMIKINO

‘BetPawa Playoffs’: APR BBC yabonye intsinzi ya kabiri kuri Patriots BBC

APR BBC yatsinze amanota 67-53 ya Patriots BBC, ihita ibona intsinzi ya kabiri muri irindwi igize imikino ya nyuma ya…

6 months ago

APR BBC yazukiye ku mwuka wa nyuma yatsinze Patriots BBC bigoranye mu mikino ya nyuma ya ‘BetPawa Playoffs’

APR BBC yatangiye neza, mu mukino kabiri yarihanganyemo na Patriots BBC muri 'BetPawa Playoffs' byarangiye muri uyu mukino hiyambajwe iminota…

6 months ago

Umunyamakuru ‘Wazili’ yatangaje ko APR Fc nijya mu matsinda ya CAF Champions League azahita ayifana

Umunyamakuru akaba n'umukunzi w'ikipe ya Rayon Sports Uwizeyimana Sylvestre bitira akazina ka 'Wazili' yatangaje ko APR Fc niramuka igeze mu…

6 months ago

Uwayezu Jean Fidèle wayoboraga Rayon Sports yeguye

Uwayezu Jean Fidèle wayoboraga Rayon Sports yeguye ku nshingano ze kubera uburwayi. Mu itangazo ryanyujijwe ku mbuga nkoranyambaga za Rayon…

6 months ago

Cristiano Ronaldo yaciye agahigo ku mbuga nkoranyambaga

Kizigenza muri ruhago, yaciye agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere urengeje abantu miliyari bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga. Mu bamukurikira harimo…

6 months ago

Yannick Mukunzi nyuma yo kubagwa haricyo yasabye abakunzi be

Umukinnyi w'Umunyarwanda Yannick Mukunzi ukinira Sandvikens IF mu cyiciro cya kabiri muri Sweden, yabazwe imvune yo mu ivi, avuga ko…

6 months ago

Umuyobozi w’icyubahiro wa APR Fc yasuye abakinnyi mbere y’uko bahura n’ikipe ya Pyramids Fc

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, akaba n'umuyobozi w'icyubahiro w'ikipe ya APR Fc Gen. Mubarakh Muganga yasuye abakinnyi mu myitozo ibanziriza…

6 months ago

Erik Ten Hag yasubije Cristiano wavuze ko Manchester United idateze kongera gutwara ‘Premier League’

Nyuma y'uko kizigenza Cristiano Ronaldo yongeye kurikoroza akavuga ko Manchester United idateze kongera kwegukana igikombe cya shampiyona, umutoza w'iy'ikipe nawe…

6 months ago

Mikel Arteta yemeye kongera amasezerano yo gutoza Arsenal Fc

Umunya-Espanye utoza Arsenal Mikel Arteta yamaze kongera amasezerano muri iy’ikipe ibarizwa i Londres mu Bwongereza azamugeza muri 2027. Nyuma y'ibiganiro…

6 months ago

Umutoza uri mu bagaragaje impano zikomeye muri ruhago y’u Rwanda yitabye Imana

Mungo Jitiada, wamenyekanye cyane mu butoza ku izina rya ’Vigoureux’, wafashije abakinnyi benshi bakomeye mu Karere ka Rubavu kugaragaza impano…

6 months ago