UMUTEKANO

Abantu babiri bishwe barasiwe mu Mujyi wa Uvira

Amakuru aravuga ko abantu babiri bishwe barashwe mu mujyi wa Uvira undi umwe arakomeretswa bikabije. Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira…

7 months ago

Perezida Kagame yavuze inkingi eshatu zakubakirwaho kugira ngo Afurika igire umutekano uhamye

Perezida Paul Kagame, yavuze inkingi eshatu, umugabane wa Afurika wakubakiraho kugira ngo ugire umutekano uhagaze neza, zirimo gufata inshingano zo…

7 months ago

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bambitswe imidali y’ishimwe

Aba Polisi b'u Rwanda bari mu butumwa bw'amahoro mu gihugu cya Sudani y'Epfo bambitswe imidali y'ishimwe mu muhango wabereye mu…

7 months ago

Uganda: Umunyarwandakazi yishwe atewe icyuma

Kuwa 10 Gicurasi 2025, nibwo hamenyekanye inkuru ya Mukandayisenga Donatille ukomoka mu gihugu cy'u Rwanda wari utuye mu Karere ka…

7 months ago

Minisitiri Amb. Olivier Nduhungirehe yakomoje ku by’amasezerano y’u Rwanda na RDC yasinyiwe i Washington

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yavuze ko hashingiwe ku biganiro byabereye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe…

7 months ago

Perezida Tshisekedi yiyamye abamushinja kugurisha umutungo w’igihugu

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Felix Antoine Tshisekedi, kera kabaye yiyamye abamushinja kugurisha umutungo kamere w’igihugu kuri Leta…

7 months ago

Nigeria: Umutwe wa Boko Haram wishe abantu 7 abandi barakomereka

Umutwe w'iterabwoba wa Boko Haram urakekwa kwica abantu 7 abandi benshi ukabakomeretsa mu cyaro cya Kopl, mu gace ka Chibok…

7 months ago

Perezida wa Amerika Donald Trump yijeje umutekano hagati y’u Rwanda na RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigiye…

7 months ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Ethiopia Field Marshal Birhanu Jula yakiriwe na mugenzi we mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Ethiopia Field Marshal Birhanu Jula, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ine, rwatangiye ku Cyumweru tariki…

8 months ago

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka yagiranye ibiganiro n’Umugaba Mukuru w’ingabo za Ghana bigamije ubufatanye

Kuwa Gatatu tariki 9 Mata, Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Maj. Gen. Vincent Nyakarundi, yakiriwe anagirana ibiganiro n’Umugaba…

8 months ago