Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko ibikorwa byo kwiyamamaza n’amatora byagenze neza, birangira mu mutekano usesuye. Polisi…
Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024, habaye impanuka ikomeye i Sheffield, mu Majyepfo ya…
Kuwa Gatatu, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zongereye iminsi 15 ku gahenge zasabye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi…
Ubuyobozi bureberera inyungu ibikorwa bw'umuhanzi Bwiza bwatangaje ko bwitandukanije n'abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga by'umwihariko urukuta rwa X batangaza ibinyoma.…
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe umutekano imbere mu gihugu, Alejandro Mayorkas, yavuze ko abari bashinzwe umutekano bananiwe…
Leta ya RD Congo yashinje igihugu cya Uganda n'u Rwanda ko zifasha umutwe wa M23. Ibi bitangajwe nyuma y'iminsi mike…
Mu birori byo kwishimira Ubwigenge bw’u Burundi byabaye ku ya 1 Nyakanga kuri Stade Ingoma i Gitega, Perezida Evariste Ndayishimiya…
Mu ijoro ryo ku Cyumweru, Abasirikare b’abarundi barenga 20 baguye mu mpanuka yo mu muhanda, abagera kuri 30 nabo barakomereka.…
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , Antoine Felix Tshisekedi yahaye abofisiye bakuru babiri imidali y’inyenyeri za ‘bronze’, abashimira…
Itangazo ryasohowe n’igisirikare cya Afrika y’Epfo, rivuga ko aba basirikare bishwe ku wa kabiri 25 Kamena 2024, mu gitero cy’igisasu…