UMUTEKANO

Polisi y’u Rwanda yashimiye Abanyarwanda uko bitwaye mu bihe by’amatora

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko ibikorwa byo kwiyamamaza n’amatora byagenze neza, birangira mu mutekano usesuye. Polisi…

1 year ago

Umunyarwanda wigaga igisirikare muri Canada yapfiriye mu mpanuka

Mu ijoro ryo kuwa Gatandatu rishyira ku Cyumweru tariki 14 Nyakanga 2024, habaye impanuka ikomeye i Sheffield, mu Majyepfo ya…

1 year ago

Amerika yongereye igihe cy’agahenge mu ntambara ihuje RD Congo na M23

Kuwa Gatatu, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zongereye iminsi 15 ku gahenge zasabye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi…

1 year ago

Bwiza yitandukanije n’abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga batangaza ibinyoma

Ubuyobozi bureberera inyungu ibikorwa bw'umuhanzi Bwiza bwatangaje ko bwitandukanije n'abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga by'umwihariko urukuta rwa X batangaza ibinyoma.…

1 year ago

Umuyobozi yanenze abari bashinzwe umutekano wa Donald Trump ubwo yaraswaga

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe umutekano imbere mu gihugu, Alejandro Mayorkas, yavuze ko abari bashinzwe umutekano bananiwe…

1 year ago

RD Congo yatunze agatoki Uganda iyishinja gufasha M23

Leta ya RD Congo yashinje igihugu cya Uganda n'u Rwanda ko zifasha umutwe wa M23. Ibi bitangajwe nyuma y'iminsi mike…

1 year ago

Perezida Evariste yakeje ingabo ze ko zakubise zitababariye M23

Mu birori byo kwishimira Ubwigenge bw’u Burundi byabaye ku ya 1 Nyakanga kuri Stade Ingoma i Gitega, Perezida Evariste Ndayishimiya…

1 year ago

Burundi: Abasirikare barenga 20 bapfiriye mu mpanuka

Mu ijoro ryo ku Cyumweru, Abasirikare b’abarundi barenga 20 baguye mu mpanuka yo mu muhanda, abagera kuri 30 nabo barakomereka.…

1 year ago

Perezida Tshisekedi yahembye ababurijemo igikorwa cyo guhirika ubutegetsi bwe

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , Antoine Felix Tshisekedi yahaye abofisiye bakuru babiri imidali y’inyenyeri za ‘bronze’, abashimira…

1 year ago

RDC: Abasirikare ba Afurika y’Epfo baguye mu gitero cyabereye i Sake

Itangazo ryasohowe n’igisirikare cya Afrika y’Epfo, rivuga ko aba basirikare bishwe ku wa kabiri 25 Kamena 2024, mu gitero cy’igisasu…

1 year ago