Uncategorized

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa by’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa…

2 months ago

Aba DASSO bashya 391 basoje amahugurwa abinjiza mu kazi

Kuri uyu wa Kane, i Gishari mu Karere ka Rwamagana, hasojwe icyiciro cya 8 cy’amasomo yo kwinjizwa mu bakozi ba…

4 months ago

Mu gihe cya Shampiyona y’Isi y’Amagare Amashuri yo muri Kigali azafunga, abakozi ba Leta bakorere mu ngo

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku itariki ya 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025, amashuri yose yo mu…

4 months ago

Igiciro cya Essence cyirazamuka guhera kuya 02 Nyakanga 2025

Urwego rw'Igihugu ngenzura mikorere mu Rwanda RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yashyizwe ku 1803…

5 months ago

Fatakumavuta yakatiwe imyaka ibiri n’amezi atandatu acibwa n’ihazabu

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 13 Kamena 2025, rwakatiye Sengabo Jean Bosco uzwi nka Fatakumavuta igifungo cy’imyaka ibiri…

6 months ago

M23 ikomeje kurwana n’ingabo za Leta ya Congo muri Kivu y’Amajyepfo

Ihuriro AFC/M23 yakozanyijeho n'ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ntambara itari yoroshye muri teritwari zitandukanye z’intara ya Kivu…

7 months ago

U Rwanda rwahawe kwakira FIBA Afro basket y’abatarengeje imyaka 16

Igihugu cy'u Rwanda cyahawe kwakira irushanwa rya FIBA Afro basket y'abatarengeje imyaka 16 mu byiciro byombi, aho rizahuza ibihugu byo…

8 months ago

Agezweho: Inama yariteraniye i Bukavu haturikiye igisasu, Bisimwa atangaza ababyihishe inyuma

Kuri uyu wa Kane tariki 27 Gashyantare 2025, mu Mujyi wa Bukavu hakozwe inama yaririmo umuyobozi wa Alliance Fleuve Congo,…

9 months ago

Leta ya Pennsylvania niyo ifashe ifirimbi yanyuma hagati ya Trump na Harris

Mu gihe ejo kuwa 05 Ugushyingo 2024 Abanyamerika bazinduye mu matora ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump…

1 year ago

MINICOM yatanze amahirwe yo guhabwa igishoro kuri ba Rwiyemezamirimo b’Urubyiruko n’Abagore bakora ubucuruzi buciriritse

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM), ku bufatanye n’Ikigo cy’Ububiligi gishinzwe Iterambere (Enabel), igiye gutanga ibihembo kuri ba rwiyemezamirimo bazahiga abandi binyuze…

1 year ago