Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri yemeje ko Imodoka zitwara abagenzi muri rusange, zigomba kubatwara imyanya yose yicawemo.
Iyi nama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wambere tariki 12 Ukwakira 2020, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, muri Village Urugwiro, yashimangiye imwe mu myanzuro y’ibyemezo by’inama byafashwe mu nama iheruka, inashyiraho ingamba nshya zo kwirinda ikwira kwira ry’icyorezo cya Corona Virusi.
Imwe mu myanzuro mishya yafashwe n’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri harimo kuba;
Bamwe mu baturage bari bategereje ko utubari ndetse n’imikino y’amahirwe izwi nka Betting bikomorerwa, nyamara siko byagenze kuko mu myanzuro y’iyi nama nta byigeze bigaragaramo, ibi bivuze ko birakomeza gufungwa cyane ko aribyo bigaragara ko bitegerejwe na benshi bisigaye bitarakomorerwa.
Ni nyuma y’amezi agera kuri 7, ibikorwa byinshi byarafunzwe kubera kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Corona Virusi.
Iyi myanzuro y’inama y’Abaminisitiri ikaba yemeje imyanzuro y’inama nk’iyi yateranye kuya 25 Nzeri 2020, bikaba biteganyijwe ko izongera guterana nyuma y’iminsi 15 nk’uko bisanzwe.
Igihugu cy'u Rwanda cyongeye kwisanga cyafatiwe ibihano na Leta ya Canada mu rwego rw’ubukungu na…
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
View Comments
Twizere ko na tickets bahita bazigabanyiriza igiciro