Mu mwambaro wa Gisirikare Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF) Paul Kagame, yahuye n’abanyeshuri bitegura ku aba Ofisiye biga mu ishuri rya gisirikare i Gako mu karere ka Bugesera.
Kuri uyu wa kane Tariki 29 Ukwakira 2020 nibwo umukuru w’igihugu yahuye n’aba banyeshuri biga mu kiciro cy’aba Ofisiye mu ishuri rya gisirikare ari kumwe n’umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda Gen.Jean Bosco Kazura.
Foto: Village Urugwiro
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…