Kuri uyu wa mbere tariki 15 Werurwe 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Gatabazi Jean Marie Vianney wari Goverineri w’Intara y’Amajyaruguru Minisitiri w’Ubutegetsi by’Igihugu.
Ibi n’ibikubiye mu itangazo ryashyizwe kuri Twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’intebe.
Muri iri tangazo kandi hagaragara mo abandi bayobozi bahawe imyanya mishya harimo n’abari abayobozi b’intara zose bahinduwe.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…