Kuri uyu wa mbere tariki 15 Werurwe 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Gatabazi Jean Marie Vianney wari Goverineri w’Intara y’Amajyaruguru Minisitiri w’Ubutegetsi by’Igihugu.
Ibi n’ibikubiye mu itangazo ryashyizwe kuri Twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’intebe.
Muri iri tangazo kandi hagaragara mo abandi bayobozi bahawe imyanya mishya harimo n’abari abayobozi b’intara zose bahinduwe.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…