Kuri uyu wa mbere tariki 15 Werurwe 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Gatabazi Jean Marie Vianney wari Goverineri w’Intara y’Amajyaruguru Minisitiri w’Ubutegetsi by’Igihugu.
Ibi n’ibikubiye mu itangazo ryashyizwe kuri Twitter y’Ibiro bya Minisitiri w’intebe.
Muri iri tangazo kandi hagaragara mo abandi bayobozi bahawe imyanya mishya harimo n’abari abayobozi b’intara zose bahinduwe.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…