UBUZIMA

Ingendo hagati y’uturere n’umujyi wa Kigari zafunguwe,uturere tumwe turakumirwa

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wambere, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yafynguye ingendo hagati y’uturere n’utundi n’umugi wa Kigali, ariko tumwe mu turere dukomeza gukumirwa.

Iyi nama yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 15 Werurwe 2021, yemeje imyanzuro y’Inama nk’iyi yaherukaga guterana kuya 19 Gashyantare 2021 yigaga ku ngamba zo kubahiriza amabwiriza yo kurwanya COVID-19.

Nyuma y’igihe kirenga hafi amezi 2, ingendo zihagaritswe hagati y’uturere ndetse n’umujyi wa Kigali, iyi nama yemeje ko ingendo hagati y’uturere n’utundi ndetse n’umujyi wa Kigali bifungurwa, uretse uturere twa; Bugesera, Nyanza na Gisagara twakomeje gufingwa.

Iyi nama kandi yahinduye n’amwe mu mabwiriza yakurikizwaga kuko igihe cyo kugera mu rugo cyongerewe kuva saa 09:00 z’ijoro kugeza saa 04:00 za mugitondo. Aho mbere yari saa 08:00 kugeza saakumi za mugitondo.

Inama nk’iyi ikazongera guterana nyuma y’iminsi 15 uhereye igihe iyi myanzuro itangarijwe. Iyi myanzuro mishya ikaba iratangira gukurikizwa kuri uyu wa Kabiri tariki 16 Werurwe 2021.

 

 

Jean Aime Desire Izabayo

Recent Posts

Nyuma y’amezi atanu basezeranye, Kenny Sol n’umugore we bibarutse imfura

Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…

3 hours ago

Donald Trump wigeze kuyobora Amerika yavuze icyo azakora naramuka atsinzwe amatora ya perezida 2024

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje icyo azakora aramutse atsinzwe amatora ya perezida…

4 hours ago

Polisi yarashe abaherutse gukekwaho kwica Noteri w’Umurenge wa Remera

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2024, Abantu babiri bacyekwagaho ubujura…

5 hours ago

Hatangajwe ingengabihe y’Amavubi mu rugendo rwo gushaka itike y’igikombe cy’Isi

Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2024, byemejwe ko ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Umupira…

15 hours ago

Hatangajwe igihe cyo gukorera impushya hifashishijwe ikoranabuhanga mu Busanza

Polisi ishami rishinzwe ibizamini n'impushya zo gutwara ibinyabiziga ryemeje ko rigiye gutangira gukoresha ibizamini hifashishijwe…

16 hours ago

FERWAFA yakomoje ku gikombe yahaye Rayon Sports kikameneka kitarenze umutaru

Nyuma y'uko ikipe ya Rayon Sports y'Abagore ishyikirijwe igikombe yarimaze gutsindira mu irushanwa ry'igikombe cy'Amahoro…

19 hours ago