Umuhanzikazi Clarisse Karasira yakoze ubukwe n’umukunzi we baherutse gusezerana mu mategeko, ibintu byagizwe ibanga rikomeye.
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 01 Gicurasi 2021, nibwo Umuhanzi w’umunyarwandakazi Clarisse Karasira yasezeranye n’umukunziwe Ifashabayo Sylvain Dejoie imbere y’Imana nyuma y’uko bari bamaze igihe gito basezeranye mu mategeko.
Ubukwe bw’aba bombi bwabaye kuri uyu wa gatandatu mu rusengero rwa Christian Life Essambly Embassy ruherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali.
Ibi birori byabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda COVID-19, byitabiriwe n’ababyeyi bazwi mu muziki gakondo harimo; Mariya Yohana, Nyiranyamibwa Suzana na Liza Kamikazi wabamubereye Marraine.
Tariki ya 18 Gashyantare 2021, nibwo basezeranye imbere y’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda mu muhango wabereye mu Murenge wa Rusororo mu mkarere ka Gasabo.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…