IMYIDAGADURO

“Wirukanye umwijima umucyo watashye mu mutima wanjye” Umutoma Clarisse Karasira yateye umukunzi we

Umuhanzikazi Clarisse Karasira  uherutse ku rushinga  yifashishije amagambo yo mu ndirimbo “Zuba ryanjye” y’Umuhanzi Sebanani Andrea atera imitoma umukunzi we Dejoie Sylvain  Ifashabayo.

Advertisements

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Clarisse Karasira yagaragaje ifoto arikumwe n’umukunzi we ayiherekeresha amagambo agira ati: “Wirukanye umwijima umucyo watashye mu mutima wanjye. Uragahore uri Mutijima,inseko yawe iragahore icyeye”.

Aya magambo akaba yumvikana mu ndirimbo “Zuba ryanjye” y’umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo hambere watabarutse Sebanani Andre.

Tariki ya 01 Gicurasi 2021, nibwo Umuhanzi w’umunyarwandakazi Clarisse Karasira yasezeranye n’umukunziwe  Ifashabayo Sylvain Dejoie   imbere y’Imana nyuma y’uko bari bamaze igihe gito basezeranye mu mategeko.

Ubukwe bwabo bwabereye mu rusengero rwa Christian Life Essambly Embassy ruherereye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali.

Uru rugo rukaba rugaragara mu miryango iri mu munyenga w’urukundo kubera ibyo buriwese agenda atangaza kuri mugenzi we babinyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo bombi.

Ubwo Clarisse Karasira yasezeranaga n’Umukunzi we kubana akaramata

DomaNews.rw

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago