Imirenge imwe yavanwe muri Guma MuRugo, indi 10 ikomeza kugumamo kugeza ku itariki ya 31 Kanama 2021 kubera ko ikomeje kugira ubwandu bwa COVID-19 bukiri hejuru.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imirenge 40 yakure muri guma mu rugo indi 10, igakagumishwamo, iyi mirenge yari imaze igihe kigera ku byumweru bibiri iri muri Guma mu rugo.
Imirenge yagumye muri guma mu rugo ni; Umurenge wa Byimana ku karere ka Ruhango, Imirenge ya Tumba na Gishamvu muri Huye, Imirenge ya Rukara, Murundi, Nyamirama na Mwari muri Kayonza, n’Imirenge ya Muhura, Remera na Kageyo muri Gatsibo.
Abatuye mu mirenge yagumye muri Guma mu rugo barasabwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yatanzwe n’inzego z’ubuzima.
Iyi gahunda ya Guma mu rugo muri iyi mirenge ikaba izageza kuya tariki ya 31 Kanama 2021.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…