Imirenge imwe yavanwe muri Guma MuRugo, indi 10 ikomeza kugumamo kugeza ku itariki ya 31 Kanama 2021 kubera ko ikomeje kugira ubwandu bwa COVID-19 bukiri hejuru.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imirenge 40 yakure muri guma mu rugo indi 10, igakagumishwamo, iyi mirenge yari imaze igihe kigera ku byumweru bibiri iri muri Guma mu rugo.
Imirenge yagumye muri guma mu rugo ni; Umurenge wa Byimana ku karere ka Ruhango, Imirenge ya Tumba na Gishamvu muri Huye, Imirenge ya Rukara, Murundi, Nyamirama na Mwari muri Kayonza, n’Imirenge ya Muhura, Remera na Kageyo muri Gatsibo.
Abatuye mu mirenge yagumye muri Guma mu rugo barasabwa kubahiriza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yatanzwe n’inzego z’ubuzima.
Iyi gahunda ya Guma mu rugo muri iyi mirenge ikaba izageza kuya tariki ya 31 Kanama 2021.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…