Urwego rw’ Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) ruramenyesha abantu bose bifuza akazi ku myanya y‘ubugenzacyaha yatangajwe mu itangazo ryo kuwa 22 Ukwakira 2021, ko itariki ntarengwa yo kohereza ibyangombwa bisaba akazi yigijwe inyuma kugeza kuwa mbere tariki 8 Ugushyingo 2021 saa sita z’ijoro (24:00Hrs).
Abantu bari barasabye icyangombwa cy‘uko batakatiwe n‘Inkiko ndetse n‘icy’imyifatire myiza ariko bakaba bari batarabibona, bemerewe gutanga amadosiye bitarimo ariko bakagaragaza ubutumwa bugufi (SMS) bahawe na system y’Irembo.com igaragaza ko dosiye yabo yakiriwe. Bagomba kandi kwitegura kuzatanga ibyo byangombwa igihe bazabisabwa.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…