Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021 yemeje ko ingendo z’indege hagati y’u Rwanda n’ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika zisubikwa.
Mu bishya biri mu myanzuro y’iyi na yateranye kuri iki cyumweru tariki 28 Ukuboza 2021 yari iyobowe na Peresida wa Repubulika Paul Kagame, ni uko abitabira inama, ibitaramo n’andi makoraniro ahuriza hamwe abantu benshi basabwa kuba barikingije byuzuye Kandi baripimishije COVID19 bikagaragara ko nta virus bafite.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…