UBUZIMA

Umujyi wa Kigali ukomeje kugaragaramo ubwandu bwinshi bwa COVID-19

Umujyi wa Kigali ukomeje kugaragaramo ubwandu bwinshi bwa Covid-19, aho abantu 532 ari bo banduye iki cyorezo mu masaha 24 ashize, hakuna hamaze kugaragara abagera ku 1164 mu masaha 48 gusa.

Advertisements

Mu itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo kuri uyu wa kabiri rivuga ko abarwayi bashya bagaragaye uyu munsi tariki 28 Ukuboza 2021 ari 998, aba baturutse mu bipimo 17,786, Umugore umwe w’imyaka 32 wo mu karere ka Musanze niwe wahitanwe na COVID-19.

Abarwayi bashya bagiye mu bitaro ni 12, mu gihe abagiye mu bitaro mu minsi irindwi ari 56 harimo abarembye bane. Imibare ya Minisiteri y’Ubuzima yerekana ko mu minsi irindwi yonyine hagaragaye abarwayi bashya 4,755 bangana na 4 ku ijana, abenshi bakaba baragaragaye mu mujyi wa Kigali.

Kugeza ubu abamaze guhabwa dose ya mbere y’urukingo rwa COVID-19 ni: 7.629.877 Abamaze guhabwa dose ya kabiri y’urukingo: 5.435.180 Abamaze guhabwa dose ishimangira: 130.155.

Christian

Recent Posts

Ingabire Marie Immaculeé wayoboraga TIR yitabye Imana

Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…

2 months ago

Perezida Kagame yahawe Umudali w’Indashyikirwa mu mukino w’Amagare

Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…

2 months ago

BK Arena izatangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro ya mbere itangiriye imbere mu nyubako

Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…

3 months ago

Niyo Bosco yambitse impeta inkumi bagiye kurushinga (Amafoto)

Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…

3 months ago

Dosiye ya Kalisa Adolophe wari Umunyamabanga wa FERWAFA yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…

3 months ago

Abakozi babiri ba FERWAFA bafunzwe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…

3 months ago