Umujyi wa Kigali watangaje ko wasubitse igikorwa cyo guturitsa urufaya rw’urumuri /Fireworks, cyari giteganyijwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 31 Ukuboza 2021, hasozwa umwaka ndetse hanatangirwa undi wa 2022.
Ikigikorwa cyasubitswe kubera ubwiyongere bw’abandura COVID-19 bashya bakomeje kugaragara cyane cyane mu mujyi wa Kigali.
Ikigikorwa cyo gitiritsa urufaya rw’urumuri kimenyerewe mu bihe byo gusoza umwaka cyari kuzakoerwa kuri Kigali Convention Center, Stade Amahoro, Mont Kigali, ku Musozi wa Bumbogo no kuri Kigali Marriott Hotel nk’uko Umujyi wa Kigali wari wabitangaje kuya 29 Ukuboza 2021.
Ni kunshuro ya kabiri iki gikorwa gisubitswe kuko n’umwaka ushize ariko byagenze kubera icyorezo cya COVID-19 cyari cyugarije Isi, bikaba byongeye gusubikwa kubera ubwiyongere b’ubwandu bushya bwa Virusi yihinduranyije bwiswe Omicron.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…