Dr Nsanzimana Sabin wayoboye RBC ariko akaba yari aherutse gukurwa kuri izi nshingano ndetse akanazisimburwaho, yagizwe Umuyobozi mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare ya CHUB.
Bikubiye mu itangazo rimaze gusohorwa n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, warangije ubutumwa bwe yifuriza Dr Sabin Nsanzimana imirimo myiza.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…