Dr Nsanzimana Sabin wayoboye RBC ariko akaba yari aherutse gukurwa kuri izi nshingano ndetse akanazisimburwaho, yagizwe Umuyobozi mukuru w’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare ya CHUB.
Bikubiye mu itangazo rimaze gusohorwa n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, warangije ubutumwa bwe yifuriza Dr Sabin Nsanzimana imirimo myiza.
Umugabo w’imyaka 30 wari wasuye umuhanzi akaba n’utunganya umuziki, Ngenzi Serge uzwi nka Neg G…
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame batangije ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32…
Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye…
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…