Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yakuyeho amabwiriza yo gipimwa umuriro ku muntu ugiye kwinjira ahahurira abantu benshi nk’uko byari bisanzwe bikorwa.
Mu itangazo yanyujije ku ru kuta rwayo rwa Twitter kuri uyu wa Kane tariki 17 Werurwe 2022 yagize iti: “Minisiteri y’Ubuzima iramenyesha Abaturarwanda bose ko ibikorwa byo gupimira umuriro ku marembo y’ahahurira abantu benshi bitagifatwa nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakwizwa rya COVID-19”.
Gupimwa Umuriro hakoreshejwe akuma kabugenewe byafatwaga nk’imwe mu ngamba zo kwirinda ikwirakiwra ry’icyorezo cya COVID-19, ni bimwe mu byakorerwaga uwifuza kwinjira ahahurira abantu benshi nko; mu masoko, Mu birori, mu nsengero n’ahandi. Ibi bikuweho nyuma y’uko hagiye hushira hafi ukwezi, mu Rwanda hagaragara umubare muto w’abarwayi bashya banduye iki cyorezo.
Minisiteri y’ubuzima ikangurira Abaturage gukomeza kubahiriza andi mabwiriza nko; Gukaraba intoki, kwambara neza agapfukamunwa ndetse ari nako bakomeza kwikingiza inkingo zose n’urushimangira.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…