Turamenyesha ko uwitwa GIRUKUBONYE Anathole mwene Nizigiyimana na Uwizeyimana, utuye mu Mudugudu wa Toraniro , Akagari ka Bunge, Umurenge wa Rusenge, Akarere ka Nyaruguru mu Ntara y’Amajyepfo wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo GIRUKUBONYE Anathole, akitwa MUNYANEZA Anathole mu gitabo cy’irangamimerere.
Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina ry’irigenurano rikaba riteye ipfunwe.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…