Perezida Paul Kagame yamaze kugera i Lusaka muri Zambia mu ruzinduko rw’akazi azamaramo iminsi ibiri.
Ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Lusaka Kagame yakiranwe ibyishimo na mugenzi we Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema.
Biteganyijwe ko Perezida Kagame azasura umujyi w’ubukerarugendo ukunzwe muri kiriya gihugu witwa Livingstone.
Kuri iki gicamunsi, Ambasaderi w'u Rwanda muri Senegal Karabaranga Jean Pierre yasuye ikipe ya APR…
Ni ibikubiye mu butumwa Harmonize yasangije abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yagaragaje ubutumwa Shakib…
Umuhanzi Kenny Sol n'umugore we bari mu byishimo bihambaye nyuma y'uko yibarutse imfura yabo. Amakuru…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje icyo azakora aramutse atsinzwe amatora ya perezida…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 3 Gicurasi 2024, Abantu babiri bacyekwagaho ubujura…
Kuri uyu wa Kane tariki 2 Gicurasi 2024, byemejwe ko ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Umupira…