Ni ibyishimo n’impundu mu muryango wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame wemeje ko umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umukwe we Bertrand Ndengeyingoma bibarutse ubuheta.
Urwo ruhinja ruje rukurikira imfura yabo yavutse muri Nyakanga 2020, umwana wakiranywe umunezero udasanzwe ubu akaba abonye murumuna we.
Mu butumwa Perezida Kagame yanyujije ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatatu, yagize ati: “Mwishyuke Ange na Bertrand!”. Ayo magambo aherekejwe n’ifoto y’umwuzukuru we wa kabiri.
Ange Kagame yibarutse ubuheta mu gihe na we ari ubuheta bwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…