Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Uwihoreye Jean Bosco wamenyekanye muri Filime nka Ndimbati ku byaha yari akurikiranweho birimo gufata ku ngufu umwana w’umukobwa utujuje imyaka y’ubukure no kumunywesha inzoga ku gahato.
Kuri uyu wa kane tariki ya 29 nzeri 2022 nibwo Uwihoreye Jean Bosco yasomewe imyanzuro y’Urubanza yaregwagamo ibyaha birimo; Gusambanya umwana utujuje imyaka y’ubukure no kumunywesha inzoga akaza no kumutera inda yavutsemo Abana b’impanga. Urukiko rwanzura ko rwasanze Ndimabati atarasambanyije umwana kuko uwo bavuga ko yasambanjije yari afite indangamuntu yerekana ko yavutse tariki ya 1 Mutarama mu 2002, rukaba rwategetse ko ahita arekurwa.
Ku ya 10 Werurwe nibwo ’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bwataye muriyombi umukinnyi wa Filime Uwihoreye Jean Bosco uzwi ku izina rya Ndimbati muri filime y’uruhererekane ya “Papa Sava” ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana 17.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…