Nigeria: Benshi baburiwe irengero mu bwato bwarohamye muri Bayelsa
Ku wa kane, tariki ya 6 Mata 2023, abantu benshi baburiwe irengero nyuma yuko ubwato bwatwaraga abagenzi bava Yenagoa berekeza Okpoama mu gace ka Bayelsa mu Majyepfo ya Nigeria.
Ibi byabereye ku mugezi wa Okoroma muri Nembe mu gace k’igiturage muri ico gihugu.
Ubu bwato bwari bukozwe mu biti by’imbaho ngo bwatwaraga abagenzi n’ibicuruzwa mbere y’uko burohama kuri urwo ruzi.
Nk’uko ikinyamakuru Daily Trust kibitangaza ngo ababyeyi bamwe bari mu bwato butari bwemewe bagiye gushakisha abana babo barababura.
Umubare w’abahitanywe n’ubu nturamenyekana kuko ubutumwa bwo gutabara bugikomeje.
Umuyobozi warushinzwe abakozi baho ibyo byago byabereye muri Bayelsa, Bwana Ipigansi Ogoniba nawe yemeje aya makuru, avuga ko bamaze koherezayo itsinda ry’abatabazi.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…