Umukinnyi wa filime akaba n’umuhanzi w’umunyamerika Jamie Foxx amaze icyumweru arembeye mu bitaro bya Altanta muri leta ya Georgia.
Inkuru y’uburwayi bwe yatangajwe n’umukobwa we Corinne Fox avuga ko Se amaze iminsi arwaye ariko ari kwitabwaho n’abaganga.
Ati “Abaganga bari gukora ibizamini kandi baracyagerageza kureba neza ikibazo yahuye nacyo.”
Foxx w’imyaka 55 arwariye muri Atlanta aho yari amaze iminsi yaragiye mu ifatwa ry’amashusho ya filime ‘Back in Action’ ahuriyemo n’abarimo Cameron Diaz na Glenn Close.
Kugeza ubu ibikorwa byo gufata amashusho y’iyi filime ya Netflix byabaye bihagaze biteganyijwe ko bizasubukurwa mu cyumweru gitaha.
Jamie Foxx yamamaye mu filime zitandukanye zirimo nka Day Shift, The amazing Spider-Man 2, White Down n’izindi nyinshi byiyongera ku ndirimbo yagiye akora zigakundwa bikomeye.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…