IMIDERI

Moses Turahirwa yemeje ko ari umugore

Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshions yatangaje ubu mu buryo bwemewe n’amategeko ko ari umugore aho kuba umugabo nk’uko byari bisanzwe.

Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Mata 2023 aho yavuze ko yashimiye Leta y’u Rwanda yemeye kumuhindurira igitsina cye mu irangamimerere.

Muri Pasiporo ye yerekanye handitseho ko ubu ari uw’igitsina gore. Amazina ye ntabwo yahindutse. Iyi pasiporo bigaragara ko yayifashe tariki 14 Ukwakira 2021, ikaba izarangira tariki 13 Ukwakira 2023.

Abanyamategeko twaganiriye bavuze amategeko y’u Rwanda atemera guhindura igitsina mu ndangamuntu kereka niba harabayeho kwibeshya cyangwa se ifoto ya pasiporo yerekanye ikaba atari umwimerere.

Muri pasiporo ya Twahirwa byerekana ko ari umugore F
Moses Twahirwa yemeje ko ari umugore

Christian

Recent Posts

Igihugu cy’u Burundi cyashyizeho itegeko rikakaye kuzafatanwa ishashi

Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…

11 hours ago

APR Fc yashyize hanze ibiciro by’amatike azayihuza na Rayon Sports

Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…

11 hours ago

Uko M23 yakozanyijeho na Wazalendo i Bukavu

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…

12 hours ago

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda Gen. Muhoozi ari i Kigali

Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…

12 hours ago

Kubera iki? Perezida Ndayishimiye yisubiye agasaba ibiganiro n’u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…

2 days ago

Inama y’Abaminisitiri bo muri EAC na SADC yasubitswe

Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…

3 days ago