Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshions yatangaje ubu mu buryo bwemewe n’amategeko ko ari umugore aho kuba umugabo nk’uko byari bisanzwe.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Mata 2023 aho yavuze ko yashimiye Leta y’u Rwanda yemeye kumuhindurira igitsina cye mu irangamimerere.
Muri Pasiporo ye yerekanye handitseho ko ubu ari uw’igitsina gore. Amazina ye ntabwo yahindutse. Iyi pasiporo bigaragara ko yayifashe tariki 14 Ukwakira 2021, ikaba izarangira tariki 13 Ukwakira 2023.
Abanyamategeko twaganiriye bavuze amategeko y’u Rwanda atemera guhindura igitsina mu ndangamuntu kereka niba harabayeho kwibeshya cyangwa se ifoto ya pasiporo yerekanye ikaba atari umwimerere.
Umuyobozi Mukuru wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immnaculeé yitabye Imana mu gitondo cyo kuri…
Ishyirahamwe ry’Imikino yo Gusiganwa ku Magare (UCI), ryahaye Perezida Paul Kagame igihembo gihabwa abakoze ibikorwa…
Inyubako y’imikino n’imyidagaduro ya BK Arena igiye gukora amateka yo gutangiriramo Shampiyona y’Isi y’Amagare ku…
Umuhanzi Niyo Bosco yambitse impeta umukunzi we Mukamisha Irene biyemeje kurushinga mu minsi iri imbere.…
Urwego ry’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko dosiye ya Kalisa Adolophe uzwi cyane ku izina rya…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rufatanyije na Polisi y’u Rwanda, ruri gukora iperereza ku kuri…