Moses Turahirwa washinze inzu y’imideli ya Moshions yatangaje ubu mu buryo bwemewe n’amategeko ko ari umugore aho kuba umugabo nk’uko byari bisanzwe.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Mata 2023 aho yavuze ko yashimiye Leta y’u Rwanda yemeye kumuhindurira igitsina cye mu irangamimerere.
Muri Pasiporo ye yerekanye handitseho ko ubu ari uw’igitsina gore. Amazina ye ntabwo yahindutse. Iyi pasiporo bigaragara ko yayifashe tariki 14 Ukwakira 2021, ikaba izarangira tariki 13 Ukwakira 2023.
Abanyamategeko twaganiriye bavuze amategeko y’u Rwanda atemera guhindura igitsina mu ndangamuntu kereka niba harabayeho kwibeshya cyangwa se ifoto ya pasiporo yerekanye ikaba atari umwimerere.
Umuntu uzongera gufatanwa ishashi mu gihugu cy'u Burundi yashyiriweho itegeko rikakaye ku buryo ngo yazajya…
Ikipe y'Ingabo z'Igihugu APR Fc yamaze gushyira hanze ibiciro by'amatike y'umukino azayihuza na Rayon Sports…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 3 Werurwe 2025, mu Mujyi wa Bukavu…
Kuva ku Cyumweru, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, akaba n'umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen.…
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko yifuza ibiganiro hagati y’igihugu cye n’u Rwanda, mu…
Inama yari guhuza abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uwa Afurika…